TUYISHIMIRE RAYMOND

927 Articles

Rulindo: Yishyikirije Polisi nyuma yo kwica umugore n’umugabo

Nizeyimana Patrick  wo mu Karere ka Rulindo uri mu kigero cy’imyaka 25 arakekwa kwica atemye Nyiranziramwabo Alice uri mu kigero…

URwanda rwanenze icyemezo uBubiligi bwafatiye Amb Karega

Umuvugizi wa Guverinoma y’uRwanda,Yolanda Makolo, yatangaje ko icyemezo cya guverinoma y’Ububiligi cyo kwanga ambasaderi Vincent Karega guhagararira uRwanda muri icyo…

UPDATE: Louise Mushikiwabo ntabwo akigiye muri Congo

UPDATE: Umuvugizi w’Ubunyamabanga Bukuru bw'Umuryango w'ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, Oria Vande Weghe yavuguruje ibyatangajwe n’abayobozi ba Congo Kinshasa bari bemeje…

Umutware w’Abakono ‘ntagikeneye no kumva iryo jambo’

Kazoza Justin uheruka kwimikwa nk’Umutware w’Abakono bigateza impagarara yeruye ko yaguye mu makosa, nyuma yo guhabwa impanuro na nyakubahwa Perezida…

Ghana: Minisitiri yeguye nyuma yo gushinjwa guhisha amafaranga mu rugo

Perezida wa Ghana Nana Akufo-Addo yemeye ubwegura bwa Minisitiri ushinzwe amazi,isuku n’isukura , Cecilia Abena Dapaah nyuma yaho  bitangajwe ko…

Musenyeri Mbanda yongeye “kuvumira ku gahera” Abatinganyi

Arikiyepisikopi w’Itorero Angilikani ry’u Rwanda, akaba n’umuyobozi Mukuru w’Umuryango ugamije gukomeza no guha imbaraga inyigisho z’ijambo ry’Imana GAFCON, Musenyeri Laurent…

Perezida Kagame yihanganishije Qatar yabuze umwe mu bikomangoma

Perezida Kagame yihanganishije Umuyobozi w'Ikirenga wa Qatar Tamim bin Hamad al-Thani  n'umuryango we ku rupfu rwa Sheikh Mohammed bin Hamad…

Ishyaka rya Green Party rivuga ko rishyize imbere kurwanya amacakubiri

Umuyobozi Mukuru w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Dr Frank Habineza yatangaje ko ishyaka rye rishyize imbere ubumwe bw’Abanyarwanda no…

Perezida Kagame yambitse umudari Denis Sassou Nguesso wa Congo Brazzaville

Perezida Kagame yambitse mugenzi we wa  Congo Brazzaville  Denis Sassou Nguesso, umudari w'icyubahiro witwa Agaciro kubera imiyoborere ye idasanzwe no…

Minisitiri w’urubyiruko yagaragaje impamvu atanywa inzoga

Minisitiri w’urubyiruko, Dr. Abdallah Utumatwishima yagaragaje ko kunywa inzoga nyinshi bisuzuzuguza, ahishura ko kuva akiri muto atigeze azinywa.  Ni amagambo akubiye…