TUYISHIMIRE RAYMOND

927 Articles

Ruhango : Umugabo yatemye batatu  barimo umugore na nyirabukwe

Hagenimana Vincent w’imyaka 30 wo mu Karere ka Ruhango yatemeye abantu batatu barimo nyirabukwe,umugore we na muramu we arangije ariyahura.…

Ruhango: Umugabo witabiriye ibirori by’umubatizo yasanzwe mu mugozi

Ishimwe Gerard  uri mu kigero cy’imyaka 32 ukomoka mu Karere ka Ruhango wari uvuye i Kigali agiye gusura ababyeyi no…

Igiterane cy’ububyutse ‘Africa Haguruka’ kigiye kubera i Kigali ku nshuro ya 24

Igiterane cy’ububyutse gihuriza hamwe abantu b’ingeri zose mu ivugabutumwa ‘Africa Haguruka’ gitegurwa na Authentic Word Ministries na  Zion Temple Celebration…

Abafite ubumuga 561 bakoze ikizami cya Leta gisoza amashuri abanza

Kuri uyu wa Mbere hirya no hino mu gihugu abanyeshuri basoza amashuri abanza batangiye gukora ibizamini bya Leta .Mu banyeshuri…

Perezida wa Hongrie yishimiye ko u Rwanda ruzafungura amabasade mu gihugu cye

Perezida wa Hongrie Katalin Novák yishimiye ko ibihugu byombi bigiye kurushaho guteza imbere umubano, n’icyemezo cyo gufungura ambasade  y’uRwanda muri…

Perezida KAGAME yakiriye mugenzi we  wa Hongrie uri mu Rwanda -AMAFOTO

Perezida wa Repubulika w’uRwanda Paul Kagame  kuri iki cyumweru yakiriye mugenzi we wa Hongrie, Katalin Novák uri mu ruzinduko mu…

Kamonyi: Hatanzwe impuruza ku burezi bw’abafite ubumuga

Ihuriro ry'imiryango y'abantu bafite ubumuga mu Rwanda (NUDOR) ndetse n’abandi bafatanyabikorwa batangije ubukangurambaga “Ring The Bell” bugamije gutabariza uburezi bw’abafite…

Abakekwaho kwiba telefoni bakozwemo ubudehe “batandatu bafashwe”

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwafashe agatsiko k’abasore bakekwaho ubujura bwa telefoni, ndetse izibwe zisubizwa benezo. Abafashwe bagera kuri batandatu RIB…

Rwanda: Umwana yiganye iby’umunyarwenya ”Mitsutsu” yishyira mu mugozi

Umwana w’imyaka 11 wo mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, yiganye imwe muri filime z’umunyarwanda uzwi nka ‘Mitsutsu’…

Imirwano ikomeye irakomeje hagati ya M23 na Wazalendo

Iminsi itatu irashize muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imirwano yubuye hagati y’umutwe wa M23 na Wazalendo, abaturage bo bifuza…