Browsing category

Amahanga

Thomas Lubanga yatangaje umutwe mushya urwanya Tshisekedi

Thomas Lubanga yatangaje umutwe mushya urwanya Tshisekedi

Mu Burasirazuba bwa Congo havutse umutwe w’inyashyamba mushya witwa C.R.P uyobowe na Thomas Lubanga uvuga ko uje gukuraho ubutegetsi bushingiye ku itonesha n’irondakarere muri Congo Kinshasa. Uyu mutwe mushya witwa (la Convention pour la Révolution Populaire, C.R.P) uje mu gihe intambara ziyogoza uburasirazuba bwa Congo zifata intera nyuma yaho umutwe wa M23/AFC ukomeje gushegesha ubutegetsi bwa […]

Ndayishimiye yavuze iby’intasi ze zamubwiye ku Rwanda

Ndayishimiye yavuze iby’intasi ze zamubwiye ku Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kuvuga amagambo gashoza ntambara ku Rwanda, ubwo yumvikanaga avuga ko umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara ukorera mu Burasirazuba bwa Congo urwanya ubutegetsi bwe, n’utera Bujumbura nawe ingabo ze zizatera i Kigali mu Rwanda. Ni bimwe mu byo yavugiye mu kiganiro na BBC, aho Gen. Ndayishimiye yavuze ko abizi […]

Angola yahagaritse kuba umuhuza mu bibazo byashegeshe Congo

Angola yahagaritse kuba umuhuza mu bibazo byashegeshe Congo

Angola yahagaritse inshingano z’ubuhuza hagati y’impande zihuriye mu kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa DRC. Guverinomaya Angola yavuze ko yafashe inshingano z’ubuhuza kuva mu myaka ine ishize, maze ngo igeza abagomba kugirana ibiganiro “ku ntambwe ishimishije.” Yavuze ko yari yabigiyemo yabihaye agaciro, ariko ngo hagiye habamo kubura umwe mu bagombaga kuganira, nko mu kwezi k’Ukuboza […]

Bemba yongeye gushinja Kabila kuba Umunyarwanda

Visi Minisitiri w’Intebe wa RDC akaba na Minisitiri w’Ubwikorezi, Jean-Pierre Bemba, yongeye kwifatira ku gahanga Joseph Kabila wahoze ari Perezida, avuga ko atari Umunyekongo ahubwo akomoka ku babyeyi b’Abanyarwanda. Jean-Pierre Bemba yabivugiye mu nama i Kintambo muri Kinshasa ku wa Gatandatu, mu ruzinduko rwo gukunda igihugu amaze iminsi akorera hirya no hino muri RDC. Bemba, […]

Abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC bagiye kongera kwicarira ibibazo bya Congo

Abakuru b’Ibihugu byo muri EAC na SADC barahurira mu nama kuri uyu wa 24 Werurwe 2025, baganira ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC hifashishijwe ikoranabuhanga. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Nduhungirehe Olivier, yabitangaje ku mugoroba wo ku wa 23 Werurwe 2025 mu kiganiro Inkuru mu Makuru kuri Televiziyo Rwanda. Inama y’Abakuru b’Ibihugu byo […]

FARDC yasabye ingabo zayo kutazongera kurwanya M23/AFC

Igisirikare cya Congo cyasabye ingabo zacyo na Wazalendo kutazongera kurwanya umutwe wa M23 ufatanya na Alliance Fleuve Congo kurwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi. Umuvugizi w’igisirikare cya Congo, FARDC yavuze ko bakiriye icyemezo cya M23/AFC cyo kuva mu gace ka Walikale izi nyeshyamba zari zimaze iminsi zifashe. Yavuze ko icyemezo cya M23/AFC yafashe kijyanye n’itangazo ryasinywe n’abakuru […]

M23 yirukanye FARDC mu gace gakungahaye kuri gasegereti

Umutwe w’abarwanyi ba M23 wafashe utarwanye Centre y’ubucuruzi ya Mubi muri teritwari ya Walikale, nyuma y’aho ingabo za Leta (FARDC), Wazalendo na FDLR bari bakomeje ibikorwa byo kujujubya abaturage. Mubi ni agace gakungahaye ku mabuye y’agaciro, kari mu birometero 36 uvuye kuri Centre ya Walikale, na yo igenzurwa na AFC/M23. Aka gace kabitse mu nda […]