Amakuru aheruka

Abakandida babiri gusa ni bo bemerewe guhatanira kuyobora FERWACY

Abakandida babiri, Nkurayija Ishimwe Jean Hubert wari Umuhuzabikorwa wa Tour du Rwanda 2026 na Nosisi Gahitsi Toussaint Paul wigeze kuba…

Kigali – Polisi yangije ibiyobyabwenge n’ibicuruzwa bitemewe

Polisi y’Igihugu ikorera mu Mujyi wa Kigali, ifatanyije n’inzego zitandukanye ndetse  n’abaturage, bangije ibiyobyabwenge n’ibindi bicuruzwa bitemewe bifite agaciro ka…

Inkunga America yahaga urwego rw’Ubuzima ku Isi kuba yaragabanutse “ngo byahaye urwaho Ebola”

Itsinda ritanga ubutabazi ry’Abanyamerika ryitwa International Rescue Committee rivuga ko kuba ubutegetsi bwa Donald Trump bwaragabanyije amafaranga Amerika yahaga Ishami…

Polisi yahuguye abarezi n’abanyeshuri ku kuzimya inkongi

Abarezi n’abanyeshuri bo mu Karere ka Musanze basaga 1,000 bigishijwe uko bakwirinda no kurwanya inkongi, uko bakoresha kizimyamuriro, ndetse n’uko…

Brig. Gen. Rwivanga yatangiye kuyobora Ingabo za EASF

Brig. Gen. Ronald Rwivanga, usanzwe ari Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, yatangiye inshingano ze nk’Umuyobozi w’Umutwe w’Ingabo za Afurika y’Iburasirazuba zihora…

Barinubira umunuko uva mu kimoteri cy’isoko rya Base

Abaturage n’abacururiza mu isoko rya Base mu Karere ka Rulindo barinubira umunuko ukabije uva mu kimoteri gikusanyirizwamo imyanda y’iryo soko,…

- Advertisement -
Ad image