Amakuru aheruka

Byongeye kudogera hagati ya Iran na Amerika

Umwuka w’intambara wongeye gututumba hagati ya Amerika na Iran nyuma y’uko ibiganiro by’amahoro by’i Islamabad bikubise igihwereye. Amerika yahize kugota…

Trump yandagaje Papa Leo XIV

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yandagaje Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatulika mu Isi, Papa Leo XIV,…

Min. Habimana yasabye buri wese gushyira imbere Ubunyarwanda

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yabwiye abaturage bo mu karere ka Kayonza ko u Rwanda rushyize imbere Ubumwe bw’igihugu, kandi…

Perezida Kagame yahamagaye kuri telefoni mugenzi we wa Djibouti watsinze amatora

Perezida Paul Kagame yatangaje ko yagiranye ikiganiro kuri telefoni, na mugenzi we wa Djibouti Ismail Omar Guelleh watsinze amatora. Yavuze ko…

Nigeria – Habaye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

Abanyarwanda baba muri Nigeria, abayobozi mu nzego za leta yaho n’iz’umutekano, abahagariye ibihugu byabo, abakozi b’imiryango mpuzamahanga n’inshuti bibutse ku…

Rwanda – DRC: Intumwa zavuye muri Kivu y’Epfo zasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Itsinda ryagutse ry'abantu bagera ku 120 baturutse mu Ntara ya Kivu y’Epfo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo,…

- Advertisement -
Ad image