Amakuru aheruka

Abancanshuro barwaniraga Congo banyuze mu Rwanda – RDF

Abacanshuro barenga 280 barwanaga ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Amajyepfo: Abantu 13 bakekwaho ubujura bafatiwe mu mukwabo

Polisi y’Igihugu ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, yakoze umukwabu ku bakekwaho ubujura, ifata

Perezida Kagame yaganiriye na Rubio wa Amerika ku bibazo bya Congo

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za

Nyanza: Abagizi ba nabi bateye uwishyuza umutekano

Umugabo usanzwe wishyuza amafaranga y’abakora irondo ry'umwuga basanzwe banacunga umutekano, yatewe n’abagizi

Ubushinjacyaha bwasabiye abunganira Munyenyezi Béatrice gukurikiranwa n’inkiko

Ubushinjacyaha mu rubanza ruregwamo Béatrice Munyenyezi bwavuze ko abunganira Béatrice Munyenyezi mu

Abantu 9 ni bo bishwe n’ibisasu byarashwe ku butaka bw’u Rwanda

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda, yatangaje ko ibisasu byaguye ku butaka

Ndikuriyo wa CNDD-FDD  birakekwa ko ari muri Coma

Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka rya CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, Bwana Révérien

U Rwanda na Guinea basinyanye amasezerano  y’Ubufatanye

U Rwanda na Guinea- Conakry, kuri uyu wa mbere tariki ya 27

Perezida Ramaphosa yahamagaye KAGAME kuri Telefoni

Perezida wa Afurika yEpfo, CyrilRamaphosa, yavuganye kuri telefoni na mugenzi we w’u

Tshisekedi ntazitabira inama ya EAC yiga kuri Congo

Umuvugizi wa Perezida Felix Antoine Tshisekedi, Tina Salama, yatangaje ko  atazitabira inama

Munyenyezi Béatrice yagaragaje ko yangiwe kuvugana n’abana be bari muri America

Umunyarwandakazi Béatrice Munyenyezi yabwiye urukiko ko afite imbogamizi zo kutemererwa kuvugana n'abana

Abantu 37 bakurikiranyweho iterabwoba bafatiwe muri EAC – Intelpol

Polisi Mpuzamahanga , INTERPOL, kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Mutarama

UPDATES: Amasasu ava muri Congo yahitanye abantu 5 akomeretsa 35

Imirwano ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, yagize ingaruka zikomeye ku mutekano

Imiryango 5 y’Abanyarwanda yari yarashakiye muri Congo yahunze imirwano

Rusizi: Imiryango itanu  igizwe n'abantu  32 y'abagore n'abana babo,bari barashakanye n'abagabo bo

Ingabo za Congo zatangiye guhungira mu Rwanda

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, kuri uyu wa mbere