Imikino

Ben Moussa watoje APR FC ari mu biganiro na Police FC

Umutoza Ben Moussa ukomoka muri Tunisia, ari mu biganiro n’ikipe ya Police

Nsanzimfura Keddy mu muryango winjira muri AS Kigali

Nyuma yo kuva muri shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri mu gihugu cya Misiri,

Hakim Sahabo yabonye ikipe nshya – AMAFOTO

Umukinnyi w'Umunyarwanda w’ikipe y’Igihugu, Amavubi, Hakim Sahabo wakiniraga Standard de Liège, yatijwe

Vision FC yasinyishije rutahizamu mushya – AMAFOTO

Nyuma yo gusoza imikino ibanza ya shampiyona iri mu myanya ibiri ya

Yakinnyeho Karate! Djasmin utoza Gym ni muntu ki?

Nyuma yo kubanza guca mu mikino njyarugamba irimo Karate ariko bikarangira abaye

Imikino y’Abakozi: Imikino isoza shampiyona yajyanywe mu Ntara

Ubuyobozi bw'Ishyirahamwe ry'Imikino y'Abakozi mu Rwanda , bwahisemo ko imikino isoza shampiyona

APR FC yemeje ko yaguze Abanya-Uganda babiri

Nyuma y'amakuru yari ataremezwa n'urwego urwo ari rwo rwose, cyera kabaye Ubuyobozi

Gutandukana na Mashami biratanga ituze ryabuze mu myaka ishize?

N'ubwo ari imwe mu nzira yo gushaka ibisubizo ku musaruro nkene ifite

Police FC yatandukanye na Mashami Vincent

Uwari umutoza mukuru w'ikipe y'Abashinzwe Umutekano, Mashami Vincent, yatandukanye na yo nyuma

Nshuti Innocent yemejwe nk’umukinnyi wa Sabail muri Azerbaijan

Nyuma yo kuva muri shampiyona ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Rutahizamu

Amafaranga ya Gisirikare yatumye Seninga Innocent ava muri Djibouti

Umutoza Seninga Innocent yamaze gutandukana n’ikipe ya Gendarmerie FC yo muri Djibouti

Amagaju FC yahize gutsibura APR FC

Ikipe y’Amagaju FC yahize kuzatsinda APR FC mu mukino wa shampiyona ivuga

Isinya rya Lague riritwa gapapu cyangwa ni ukuratisha amafaranga?

Nyuma kugirana ibiganiro bya mbere ubwo yari ageze mu Rwanda, Byiringiro Lague

Seninga Innocent yatandukanye n’ikipe yatozaga muri Djibouti

Nyuma yo kutishimira umusaruro nkene we nk'umutoza mukuru, ubuyobozi bwa Gendermerie FC

Nsabimana Aimable yemeye gusubira mu myitozo abarira iminsi ku ntoki

Myugariro wa Rayon Sports, Nsabimana Aimable yemeye gusubukura imyitozo nyuma yaho yumvikaniye