Inkuru Nyamukuru

Minisitiri Munyangaju yacyeje APR yasezereye Yanga

Nyuma yo gusezerera ikipe ya Yanga Africans mu irushanwa rya Mapinduzi Cup,

Amerika itewe impungenge n’amagambo ya Ndayishimiye ku batinganyi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko yababajwe n’amagambo ya Perezida w'u

UPDATE: Umuhanda Karongi-Nyamasheke wongeye gufungwa

Umuhanda uturuka mu Karere ka Karongi werekeza mu Karere ka Nyamasheke wongeye

Abakandida umunani bahatanye na Tshisekedi mu matora bariye karungu

Abakandida umunani mu bahatanye ku mwanya wa Perezida muri Repubulika ya Demokarasi

Umwami wa Yorudaniya yageze mu Rwanda

Umwami wa Yorudaniya, Abdullah II bin Al-Hussein, ku mugoroba wo kuri iki

Imirimo yo kwagura Stade Amahoro iri kugana ku musozo

Mu rwego rwa kwagura Stade Amahoro ikagira ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi

Ababyeyi bahishira abateye inda abana babo akabo kashobotse

Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice yaburiye ababyeyi bakirangwa n'ingeso mbi yo guhishira

Nyamagabe: Hari abakora urugendo rw’amasaha atandatu bava banajya kwiga

Mu Karere ka Nyamagabe ni hamwe mu hakunze kuvugwa ikibazo cy’abana bakora

Iradukunda Bertrand wakiniye Amavubi ubu ni kimyozi

Iradukunda Bertrand wakiniye ikipe y'igihugu Amavubi n'amakipe arimo APR Fc, Gasogi United,

Gatsibo: Umuyobozi ukekwaho kurya ruswa y’ibihumbi 700 Frw arafunzwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Murambi mu Karere

Kimenyi Yves na Miss Muyango bakoze ubukwe

Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi na AS Kigali, Kimenyi Yves yasabye

Mario Zagallo watoje Brazil yapfuye

Mario Zagallo wabaye umukinnyi w’ikipe y’umupira w’amaguru ya Brazil akanayitoza yapfuye afite

Gatolika ivuga ko umugisha uhabwa Abatinganyi atari ‘sakirirego’ ku Mana

Kiliziya Gatolika ivuga ko Uburenganzira Papa Francis yahaye abashumba ba kiliziya Gatorika

Perezida Kagame yakiriye Gen Dagalo uhanganye na Leta ya Sudan

Perezida Paul Kagame yakiriye Gen Mohamed Hamdan Dagalo, umukuru w'umutwe wa Rapid

Bugesera: Abangavu biyise ‘Sunika simbabara’ basubijwe mu ishuri

Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwatangaje ko bwasubije mu ishuri abana bari hagati