Minisitiri Munyangaju yacyeje APR yasezereye Yanga
Nyuma yo gusezerera ikipe ya Yanga Africans mu irushanwa rya Mapinduzi Cup,…
Amerika itewe impungenge n’amagambo ya Ndayishimiye ku batinganyi
Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko yababajwe n’amagambo ya Perezida w'u…
UPDATE: Umuhanda Karongi-Nyamasheke wongeye gufungwa
Umuhanda uturuka mu Karere ka Karongi werekeza mu Karere ka Nyamasheke wongeye…
Abakandida umunani bahatanye na Tshisekedi mu matora bariye karungu
Abakandida umunani mu bahatanye ku mwanya wa Perezida muri Repubulika ya Demokarasi…
Umwami wa Yorudaniya yageze mu Rwanda
Umwami wa Yorudaniya, Abdullah II bin Al-Hussein, ku mugoroba wo kuri iki…
Imirimo yo kwagura Stade Amahoro iri kugana ku musozo
Mu rwego rwa kwagura Stade Amahoro ikagira ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi…
Ababyeyi bahishira abateye inda abana babo akabo kashobotse
Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice yaburiye ababyeyi bakirangwa n'ingeso mbi yo guhishira…
Nyamagabe: Hari abakora urugendo rw’amasaha atandatu bava banajya kwiga
Mu Karere ka Nyamagabe ni hamwe mu hakunze kuvugwa ikibazo cy’abana bakora…
Iradukunda Bertrand wakiniye Amavubi ubu ni kimyozi
Iradukunda Bertrand wakiniye ikipe y'igihugu Amavubi n'amakipe arimo APR Fc, Gasogi United,…
Gatsibo: Umuyobozi ukekwaho kurya ruswa y’ibihumbi 700 Frw arafunzwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Murambi mu Karere…
Kimenyi Yves na Miss Muyango bakoze ubukwe
Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi na AS Kigali, Kimenyi Yves yasabye…
Mario Zagallo watoje Brazil yapfuye
Mario Zagallo wabaye umukinnyi w’ikipe y’umupira w’amaguru ya Brazil akanayitoza yapfuye afite…
Gatolika ivuga ko umugisha uhabwa Abatinganyi atari ‘sakirirego’ ku Mana
Kiliziya Gatolika ivuga ko Uburenganzira Papa Francis yahaye abashumba ba kiliziya Gatorika…
Perezida Kagame yakiriye Gen Dagalo uhanganye na Leta ya Sudan
Perezida Paul Kagame yakiriye Gen Mohamed Hamdan Dagalo, umukuru w'umutwe wa Rapid…
Bugesera: Abangavu biyise ‘Sunika simbabara’ basubijwe mu ishuri
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwatangaje ko bwasubije mu ishuri abana bari hagati…