Inkuru Nyamukuru

Imirimo yo kwagura Stade Amahoro iri kugana ku musozo

Mu rwego rwa kwagura Stade Amahoro ikagira ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi

Ababyeyi bahishira abateye inda abana babo akabo kashobotse

Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice yaburiye ababyeyi bakirangwa n'ingeso mbi yo guhishira

Nyamagabe: Hari abakora urugendo rw’amasaha atandatu bava banajya kwiga

Mu Karere ka Nyamagabe ni hamwe mu hakunze kuvugwa ikibazo cy’abana bakora

Iradukunda Bertrand wakiniye Amavubi ubu ni kimyozi

Iradukunda Bertrand wakiniye ikipe y'igihugu Amavubi n'amakipe arimo APR Fc, Gasogi United,

Gatsibo: Umuyobozi ukekwaho kurya ruswa y’ibihumbi 700 Frw arafunzwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Murambi mu Karere

Kimenyi Yves na Miss Muyango bakoze ubukwe

Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi na AS Kigali, Kimenyi Yves yasabye

Mario Zagallo watoje Brazil yapfuye

Mario Zagallo wabaye umukinnyi w’ikipe y’umupira w’amaguru ya Brazil akanayitoza yapfuye afite

Gatolika ivuga ko umugisha uhabwa Abatinganyi atari ‘sakirirego’ ku Mana

Kiliziya Gatolika ivuga ko Uburenganzira Papa Francis yahaye abashumba ba kiliziya Gatorika

Perezida Kagame yakiriye Gen Dagalo uhanganye na Leta ya Sudan

Perezida Paul Kagame yakiriye Gen Mohamed Hamdan Dagalo, umukuru w'umutwe wa Rapid

Bugesera: Abangavu biyise ‘Sunika simbabara’ basubijwe mu ishuri

Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwatangaje ko bwasubije mu ishuri abana bari hagati

Kinigi: Umunuko uva mu Mudugudu w’Ikitegererezo uzengereje abaturage

Bamwe mu baturage baturiye Umudugudu w’Ikitegererezo uherereye mu Murenge wa Kinigi mu

Hagiye kuba amarushanwa yo guhashya ubusinzi azahemba agatubutse

Mu Rwanda hagiye gutangizwa amarushanwa mu mashuri makuru na za kaminuza, agamije

U Rwanda rwanyomoje ibyo kwakira Abanya-Palestine bava i Gaza

Guverinoma y’u Rwanda,yanyomoje amakuru yavugaga ko u Rwanda ruri mu biganiro na

Huye: Umusore yatemye umukecuru bimuviramo urupfu

Umusore wo mu karere ka Huye witwa Ndiramiye Jean akurikiranyweho kwica atemye

Ruhango: Kaminuza ya UTB irizeza abahiga kubabonera akazi

Ubwo hafungurwaga ku mugaragaro Kaminuza y'Ubukerarugendo Ishami rya Ruhango, Ubuyobozi bwa Kaminuza