Inkuru Nyamukuru

RDC: Tshisekedi yatsinze amatora

Perezida Felix Tshisekedi yatsinze amatora yari ahaganyemo n’abandi bakandida, atsindira kuyobora indi

Muhanga: Umukecuru arashinja abasore babiri kumukura amenyo

Nyirangendahimana Alphonsine Umukecuru w''Imyaka 58 y'amavuko, arashinja abasore babiri kumukubita, bakamukura amenyo

Pariki y’Akagera izamura imibereho y’abayikoreramo n’abayituriye

Kubera ubwiyongere bw’abamukerarugendo muri Pariki y’igihugu y’Akagera, abakora ubucuruzi mu nkengero ya

Hakizimana Adolphe yerekeje muri AS Kigali

Uwari umunyezamu w’ikipe ya Rayon Sports, Hakizimana Adolphe, yamaze gusinyira ikipe ya

RDC:  Amatora ataravuzweho rumwe agiye gutangazwa

Harabura amasaha macye muri RD Congo ngo hamenyekane uyobora igihugu. Aya matora

Congo yafunze General Mpenzo ukekwaho gukorana na FDLR

Igisirikare cya leta ya Congo, cyatangaje ko cyafashe Maj Gen MPEZO MBELE

Perezida Kagame yashimye abarinda umutekano w’igihugu ko babikorana ubwitange

Mu butumwa yabageneye abasirikare b’u Rwanda n’abakora mu zindi nzego z’umutekano, yabasshimiye

Kamonyi: Impanuka ikomeye yaguyemo abantu Batandatu

Impanuka y'Imodoka eshatu zagonganye yapfiriyemo abantu batandatu ,  abagera kuri batanu babasha

Bahinga kijyambere babikomoye ku bworozi bw’ingurube

Gicumbi: Abaturage bibumbiye mu itsinda rya Twisungane rikorera ubuhinzi mu Murenge wa

Uwiyita umuhanuzi arafunze

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Nibishaka Théogène wo mu Itorero

RED TABARA yikomye Perezida Ndayishimiye wayishinje kwica abasivile

Umutwe wa RED TABARA urwanya leta y’u Burundi,wikomye Perezida Ndayishimiye Evaliste,wayishinje kwica

Umunyamakuru Gakire yakatiwe gufungwa imyaka itanu

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Umunyamakuru Uzabakiriho Fidèle Gakire wari Minisitiri

Nta muyobozi nzaha agahenge hakiri abana bafite imirire mibi- Mugabowagahunde 

Umuyobozi w'Intara y'Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice yavuze ko nta gahenge azaha abayobozi by'umwihariko

Muhanga: Abajura bari kwiha iminsi mikuru ku ngufu

Abatuye mu Mudugudu wa Nyarutovu, Akagari ka Gitarama, Umurenge wa Nyamabuye baravuga

Kayonza: Umugore arasaba ubutabera ku mugabo we wakubiswe ingumi agapfa

Tuyishimire Christine wo mu Murenge wa Kabarondo, Akarere ka Kayonza arasaba ko