Inkuru Nyamukuru

UPDATE: Abakozi bakomeye mu Turere twa Nyanza na Gisagara batawe muri yombi

UPDATE: Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, rwavuze kuri Twitter ko rwafunze abakozi 5 b’Uturere

 Hasohotse impapuro zo gufata Perezida Putin n’umugore ukora mu biro bye

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rw'i La Haye/Hague kuri uyu wa Gatanu rwasohoye impapuro

Kigali: Umugabo wari wazindukiye mu kazi yapfuye bitunguranye

Umugabo uri mu kigero cy'imyaka 22 usanzwe ukora akazi k'ubukarani ahazwi nko

Biroroshye hagati y’u Rwanda n’u Burundi, i Rusizi bariga uko ‘Jeto’ yafasha abaturage kwambuka

Abayobozi b'Intara y'Iburengerazuba, iy'Amajyepfo mu Rwanda n'iya Cibitoke mu Burundi kuri uyu

Gisagara: Ababyeyi basabwe kwita ku isuku n’imikurire y’umwana

Ababyeyi bo mu Karere ka Gisagara, babwiwe ko gukurikirana imikurire n'isuku  y'umwana

Rusizi: Inkuba yakubise umukecuru n’umukobwa we bari batashye ubukwe

Ni umukecuru n'umukobwa we bari bavuye mu Karere ka Nyamasheke, batashye ubukwe

Ruhango: Umuturage arashinja ubuyobozi ku muteza igihombo

Umuturage wakoreraga mu karere ka Ruhango arashinja ubuyobozi ku muteza igihombo, ubuyobozi

Ijambo Perezida Kagame yageneye umuryango wa Gen (Rtd) Gatsinzi

Perezida Paul Kagame yavuze ko nyakwigendera Jenerali (Rtd) Marcel Gatsinzi washyinguwe none

Nyanza: Inkuba yakubise umuturage aryamye n’ibikoresho bye birashya

Mu mvura yariho igwa mu masaha y'umugoroba wo ku wa Gatatu, inkuba

Inkuru ikora ku mutima y’urukundo hagati ya Perezida wa FIFA n’igihugu cy’u Rwanda

Ntabwo ari ugihimba ngo inkuru iryohe, Gianni Infantino ni we ubwe wagarutse

Rusizi: Barinubira ikiguzi gihanitse cy’iminzani yujuje ubuziranenge

Abakora umwuga w'ubucuruzi mu Karere Rusizi baratakamba basaba ko bagabanyirizwa ikiguzi cy'iminzani

Abandi bakomando b’Abarundi bageze muri Congo

Igihugu cy’u Burundi cyohereje izindi ngabo mu burasirazuba bwa Congo, mu rwego

Gianni Infantino yongeye gutorerwa kuyobora FIFA

Mu Nama y'Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry'Umupira w'Amaguru ku Isi, FIFA, abanyamuryango ba ryo

Rukarakara, imari ishyushye mu gufasha abanyarusizi kwigondera inzu zo guturamo

Kuri ubu amatafari ya rukarakara ni imwe mu mari zishyushye zigezweho mu

Huye: Umusore yakubiswe n’inkuba ari kumwe na mushiki we

Umusore w'imyaka 24 y'amavuko yakubiswe n'inkuba mu mvura nkeya yarimo kugwa, we