Browsing category

Inkuru zihariye

U Rwanda rwanenze ibihano Amerika yafatiye Gen (Rtd) Kabarebe

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye Gen (Rtd) James Kabarebe, zimushinja uruhare mu ntambara yo mu burasirazuba bwa RD Congo aho umutwe wa M23 ukomeje gushegesha ubutegetsi bwa Tshisekedi. Kuri uyu wa Kane, tariki 20 Gashyantare 2025, Amerika yatangaje ko yafatiye ibihano Gen (Rtd) James Kabarebe na Lawrence Kanyuka, umuvugizi […]

Perezida Kagame yakurugutuye abibeshya ko u Rwanda ruzabapfukamira

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko nta muntu n’umwe azatakambira ngo amuhe uruhushya rwo kubaho cyangwa rwo gutuma abaturage be babaho. Ni ubutumwa yatangiye i Addis Ababa muri Ethiopia mu nama y’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe, yiga ku kibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Perezida Kagame yagaragaje ko […]

Perezida Kagame yageze muri Ethiopia

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yageze i Addis Ababa muri Ethiopia aho yitabiriye Inama isanzwe ya 38 y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bo mu Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Ethiopia yatangaje ko, akigera ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Bole, Perezida Kagame yakiriwe mu cyubahiro na Minisitiri w’Ubukerarugendo w’icyo gihugu, […]

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bunamiye Intwari z’Igihugu

Umukuru w’Igihugu na Madamu Jeannette Kagame bunamiye Intwari z’Igihugu kuri uyu wa 1 Gashyantare 2025, ku munsi wahariwe kuzizihiza no kuzirata ibigwi n’ubutwari. Ni ku nshuro ya 31 u Rwanda rwizihije Umunsi w’Intwari z’Igihugu, aho ufite insanganyamatsiko igira iti ‘Ubutwari n’Ubumwe bw’Abanyarwanda, inkingI z’iterambere.’ Ku rwego rw’Igihugu, umuhango wo kwizihiza Intwari z’u Rwanda wabereye i […]

Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Ubufaransa ukubutse i Kinshasa

Perezida Paul Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubufaransa, Jean-Noël Barrot, ku ngingo zirimo intambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ndetse no gushimangira ubufatanye bushingiye ku mubano hagati y’Ubufaransa n’u Rwanda. Ibi Village Urugwiro yabitangaje ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, kuri uyu wa 31 Mutarama 2025. Minisitiri Jean-Noël Barrot, yageze […]

U Rwanda rwagaragaje uburyo DRC ntacyo ikora ku mitwe y’iterabwoba ikorerayo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yeretse Is uburyo ubutegetsi bwa Repubulika ya Demomarasi ya Congo, bwahuje amaboko n’imitwe y’iterabwoba yayogoje Uburasirazuba bw’icyo gihugu. Yabigarutseho mu biganiro byabaye ku wa 21 Mutarama 2025, ku Cyicyaro cy’Umuryango w’Abibumbye giherereye i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi biganiro by’Akanama ka Loni gashinzwe Umutekano ku Isi, […]

Kagame yakiriye ubutumwa bwa Perezida wa Zambia

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2025, yakiriye ubutumwa buturutse kuri mugenzi we wa Zambia, Hakainde Hichilema. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro byanditse ko ubutumwa yabushyikirijwe na Ambasaderi Lazarous Kapambwe nk’intumwa yihariye ya Perezida Hakainde Hichilema. U Rwanda rufitanye umubano ukomeye na Zambia, ibihugu byombi bikaba byaragiye bisinyana amasezerano. Nko […]

Kagame na Tshisekedi ntibagihuye

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Antoine Félix Tshisekedi, ntibahuriye i Luanda muri Angola nk’uko byari biteganyijwe kuri iki Cyumweru. Byari biteganyijwe ko Perezida Paul Kagame ahura na Perezida Antoine Felix Tshisekedi, ku buhuza bwa Perezida João Lourenço. Kuri iki Cyumweru, Perezidansi ya RD Congo yanditse […]

Ibyemezo byafatiwe mu Ihuriro rya 17 rya Unity Club Intwararumuri

Abanyamuryango ba Unity Club Intwararumuri bahuriye mu Ihuriro rya 17 ry’uyu muryango ryitabiriwe n’abayobozi batandukanye ku nsanganyamatsiko igira iti “Ndi Umunyarwanda: Igitekerezo ngenga cy’ukubaho kwacu.” Ni ihuriro ryitabiriwe n’abagera kuri 400 ryabanjirijwe n’Inteko Rusange y’uyu muryango yayobowe n’Umuyobozi Mukuru wayo, Madamu Jeannette Kagame. Ibyemezo byafatiwe muri iri huriro: 1. Kongera Imbaraga mu gukangurira Abayobozi mu […]

Perezida Kagame yasabye urubyiruko guharanira iterambere ry’Afurika

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye urubyiruko gukora ibikomeye no gutanga umusanzu warwo mu guteza imbere umugabane wa Afurika. Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, tariki 8 Ukwakira 2024, ubwo yaganirizaga urubyiruko rwa Afurika rusaga 3000 rwitabiriye inama ya ‘Youth Konnekt Africa Summit 2024’.” Yavuze ko kugira ngo impinduka zikomeza kubaho kandi zibe nziza, ari byiza […]