INKURU ZO MU NTARA

ADEPR yashimiwe ko yambuye inshingano ba Pasiteri bijanditse muri Jenoside

Mu Muhanga: Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abafashe amagambo bose bashimiye Ubuyobozi bw’Itorero ADEPR…

Umwana w’imyaka 13 yagwiriwe n’ikirombe

Kamonyi: Igiraneza Samuel w’imyaka 13 y’amavuko yagiye gucukura amabuye y’agaciro ikirombe kiramugwira ahasiga ubuzima. Iyi mpanuka y’ikirombe yatwaye Igiraneza Samuel…

UPDATE: Impanuka ikomeye yatwaye ubuzima bw’abantu batatu

UPDATED 23h35: UMUSEKE wamenye amakuru ko mu bari bakomeretse harimo umwe umaze gupfa. Muhanga: Impanuka ikomeye yabaye mu masaha y'umugoroba…

Ruhango: Bashyinguye imibiri 108 y’Abatutsi bazize Jenoside

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango, imiryango y’abarokotse Jenoside n’inshuti zabo bashyinguye imibiri 108 y’abatutsi bazize Jenoside muri Mata 1994. Iyi mibiri…

Amadini n’amatorero byasabwe kugira uruhare mu kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside

Rubavu: Mu gikorwa cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, cyateguwe n’Itorero Angilikani ry’u Rwanda Diyosezi ya Kivu, hagaragajwe uruhare amadini…

Urupfu rw’umukobwa w’imyaka 23 rwateje urujijo

Burera: Mu murenge wa Bungwe humvikanye inkuru y'akababaro y'urupfu rw'amayobera rw'umukobwa w'imyaka 23, wasanzwe mu nzu afungiranye yapfuye bikekwa ko…

- Advertisement -
Ad image