INKURU ZO MU NTARA

Ba ofisiye n’abasirikare basoje amasomo y’ingabo zidasanzwe

Ba ofisiye n’abandi basirikare bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) basoje kuri uyu munsi amahugurwa y’ibanze y’Ingabo zidasanzwe yakozwe mu…

Imodoka yo mu bwoko bwa HOWO imaze icyumweru mu mugezi

Muhanga: Imodoka yo mu bwoko bwa HOWO yari igiye gupakira umucanga, imaze icyumweru  mu mugezi wa Bakokwe. Iki kibazo cy’imodoka…

Igice kimwe cy’imodoka yaguye muri Nyabarongo ni cyo cyabonetse

Igice cy’inyuma cy'imodoka  ya kampani y’Abashinwa iherutse kugwa muri Nyabarongo, ni cyo cyabashije kuboneka, umushoferi wari utwaye imodaka ntaraboneka. Kuwa…

Kamonyi: Umugabo birakekwa ko yiyahuye

Amakuru UMUSEKE wamenye avuga ko uwitwa Barabwiriza Vénuste w’Imyaka 57 y’amavuko yasanzwe mu nzu ari mu mugozi, bikavugwa ko ashobora…

Nyamagabe: Miliyari 90 Frw ziri kwifashishwa mu guha abaturage amazi meza

Akarere ka Nyamagabe karateganya ko kugera mu 2030 abaturage barenga ibihumbi 370 bagatuye bazaba bagejejweho amazi meza n’ibikoresho by’isuku n’isukura…

Hamenwe inzoga zitujuje ubuziranenge litiro 157,000

Amajyepfo: Polisi ku bufatanye n’izindi Nzego zitandukanye zo mu Ntara y’Amajyepfo, zimaze kumena litiro zisaga 157,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge, na litiro…

- Advertisement -
Ad image