Ubukungu

Gisagara: Barataka ikibazo cy’imisoro ihanitse bakwa ku matungo magufi

Bamwe mu baturage barema isoko ry’amatungo rya  Nyaruteja  mu Karere ka Gisagara,

Haje inguzanyo ya SPENN ku bufatanye na I&M Bank yitezweho guhashya ‘Banque Lambert’

Mu gihe hirya no hino hakomeje kuvugwa abatanga inguzanyo batabyemerewe n'amategeko, ibyo

Biogaz! Imyaka 15 mu gihombo, agahwa kajombye umworozi wari witeze ibishya

Biogaz ni bumwe mu buryo  leta y’ uRwanda yashyizeho hagamijwe kugabanya ibicanwa

Abarundi bazindutse bajya i Rusizi basanga umupaka wa Ruhwa ugifunze

Mu gihe abaturage bo mu Karere ka Rusizi mu Ntara y'Iburengerazuba bishimira

MINICOM yatangaje ko intambara ya Ukraine ntaho ihuriye n’izamuka ry’ibiciro mu Rwanda

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda,MINICOM, yatangaje ko intambara Uburusiya bwashoje kuri Ukraine ntaho ihuriye

RDB yafunze Hilltop Hotel ukwezi idakora, mbere yari yanaciwe Frw 300,000

Urwego rw’Iterambere, RDB, rwahagaritse Hilltop Hotel and Country Club  mu gihe cy'ukwezi 

Gahunda igamije guhugura urubyiruko 1.000 rutegurwa kuzitwara neza mu mirimo imaze kunyuramo 630

Gahunda ya ‘Igira ku murimo’ igamije guhugura urubyiruko 1 000 mu kuruha

‘Itumbagira ry’ibiciro ku isoko’ rihangayikishije Abanyarwanda

Bamwe mu Banyarwanda batandukanye haba abaguzi n’abacuruzi bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa ku

Haganiriwe ku bikwiye gukorwa ngo abatubuzi b’imbuto y’imyumbati babikore kinyamwuga

Mu nama yateguwe na RAB ifatanyije n'abafatanyabikorwa aribo SPARK na IITA, tariki

RDB yahannye Hoteli yatanze Serivise mbi muri Tour du Rwanda 2022

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere mu Rwanda RDB rwahannye Hilltop Hotel yo muri Kigali

Kigali: Abamotari bishimiye imyanzuro yafashwe yo gucyemura uruhuri rw’ibibazo bahuraga nabyo

Abakora umwuga wo gutwara abantu kuri moto mu Mujyi wa Kigali bari

Isoko nyambukiranya mipaka rya Bugarama rimaze amezi atatu ridakora

RUSIZI: Isoko nyambukiranya mipaka rya Bugarama ryatwaye asaga Miliyali y'uRwanda rimaze amezi

Kamonyi: Iteme rihuza Imirenge ya Runda na Rugarika ryatwawe n’imvura

Imvura nyinshi yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane taliki ya

Gisimenti: Hari umuhanda uzajya ukumirwamo imodoka muri Weekend wakirirwemo abica akanyota

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko umuhanda umwe uri ku Gisimenti mu

Gicumbi: Barakataje mu kuvugurura ubworozi bw’ingurube batera intanga za kijyambere

Aborozi b’ingurube mu Karere ka Gicumbi bakomeje kugana uburyo bwo gutera intanga