Ubutabera

Muhanga: Abakekwaho kwica umukecuru bamushinyaguriye batawe muri yombi

Polisi yo mu Karere ka Muhanga yafashe abagabo babiri bakekwa kwica Umukecuru

Muhanga: Abagizi ba nabi bishe umukecuru bamushinyaguriye

Mukamuvara Saverine w'Imyaka 64 yiciwe aho yacuririzaga, bamumena ijisho bazirika n'amaguru. Urupfu

Abapasiteri babiri bashatse guhirika Umuyobozi wa ADEPR batawe muri yombi

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwataye muri yombi Abapasiteri babiri bo mu itorero

Nyanza: Umugabo arakekwaho gutema undi bapfa umugore

 Umugabo bivugwa ko yari amaze igihe afunguwe arakekwaho gutema mugenzi we bapfa

Mu rubanza rwa Dr Munyemana havuzwe ku bikoresho byasanzwe aharoshywe Abatutsi

Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, 1994 uri kuburanishwa

Impaka zishyushye uruhande rwa Munyenyezi rurega Ubushinjacyaha “inyandiko mpimbano”

Abunganira Munyenyezi Béatrice barasaba urukiko ko rwemeza ko kimwe mu bimenyetso by'Ubushinjacyaha

Abunganira Munyenyezi ntibanyuzwe n’inzitizi zazamuwe n’ubushinjacyaha

Byari biteganyijwe ko uruhande rwa Béatrice Munyenyezi uregwa ibyaha bifitanye isano na

Urukiko rwanzuye ko CG (Rtd) Gasana akomeza gufungwa by’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyagatare rwanzuye ko CG (Rtd) Gasana Emmanuel akomeza gufungwa

Burera: Babiri bafatanywe ibicuruzwa bitemewe mu gihugu

Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera ku bufatanye n'abaturage, yataye

Gicumbi: Urukiko rwemeje ko abari bakomeye mu buyobozi bafungwa

Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi rwemeje ko  abayobozi 5 bakekwaho icyaha  cy'ubufatanyacyaha, icyaha

Urukiko rwanze ikirego cyeguza Intumwa y’Imana Dr Gitwaza

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwategetse ko ikirego gisaba ko umuyobozi Mukuru w’itorero

Abahemukiwe na Twahirwa baribaza uko bazahabwa indishyi

Abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 bo mu Gatenga muri

Karasira Aimable yasabye urukiko kuvuzwa ngo ahangane n’Ubushinjacyaha

Karasira Aimable Uzaramba alias Prof.Nigga yatangiye kuburana mu mizi asaba urukiko ko

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yarajuriye

Umunyamakuru wigenga, Nkundineza Jean Paul, yajuririye icyemezo kimufunga iminsi 30 y’agateganyo. Urukiko

Rachid yabwiye urukiko ko  ibyo aregwa ashobora kuzagaruka yabyibagiwe

Mu rubanza rwa Hakuzimana Abdoul Rachid yabwiye urukiko ko  ibyo aregwa ashobora