Igiciro kikiri hejuru cya ‘Cotex’ kibangamira abakobwa bari mu mihango
Abakobwa benshi baracyahura n’imbogamizi mu kubona impapuro z’isuku zizwi nka 'Cotex', kubera…
MINISANTE yahawe amacupa y’umwuka wa Oxygène yo gufasha indembe
Minisiteri y’Ubuzima yakiriye inkunga y’amacupa 200 y’umwuka wa Oxygène, agenewe gufasha mu…
Impaka zishyushye ku ngingo yo gutwitira undi mu Rwanda
Ingingo yo gutwitira undi ikomeje kuzamura impaka n’ibitekerezo binyuranye mu gihe Komisiyo…
Uko Mukarurangwa yigobotoye Malaria
Mukarurangwa Marie Rose utuye umurenge wa Mukindo mu karere ka Gisagara, aratangaza…
Malariya ikomeje kwiyongera muri Nyagatare
Mu mirenge imwe n'imwe yo mu Karere ka Nyagatare, abaturage bavuga ko…
Ifata abato n’abakuze: Byinshi ku ndwara ya “Stroke” yica cyane
Isi ya none ihangayikishijwe bikomeye n'indwara ya Stroke, yugarije ibyiciro by'abato n'abakuze.…
Abaturage barasabwa kwitwararika ku biribwa bitujuje ubuziranenge
Ikigo cy'Igihugu Gitsura Ubuziranenge, RSB, kivuga ko iyo ubuziranenge butitaweho bigira ingaruka…
Abagorwa no kubona ‘Cotex’ mu gihe cy’imihango bagiye gufashwa
Umuryango Women for Women Rwanda watangije ubukangurambaga bwitwa 'March For Her Flow',…
Abanyarwanda bakanguriwe kwita ku isuku yo mu kanwa
IKigo cy’Igihugu cyita ku Buzima,RBC, cyasabye Abanyarwanda kurushaho kwita ku isuku yo…
Kanseri y’ibere iracyisasira imbaga muri Afurika
Inzobere mu buvuzi bwa Kanseri bemeza ko iy'ibere ari iya mbere mu…
Serivisi zo kubaga kwa muganga si iz’abifite gusa- Min Nsanzimana
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nzanzimana Sabin, yavuze ko serivisi zo kubaga zikenewe na…
Gakenke: Abaganga basabwe kwisanisha n’ububabare bw’abarwayi
Abaforomo n'ababyaza barangije mu Ishuri Rikuru ry'Ubuzima rya Ruli, riherereye mu Karere…
Abagana gare ya Nyabugogo bashyiriweho Poste de santé
Abagana gare Mpuzamahanga ya Nyabugogo ivuga ko bashyiriweho ivuriro ry’Ibanze mu rwego…
Hatangijwe uburyo buzafasha abarwayi gutanga amakuru bisanzuye
Mu gihe hari abarwayi ba zimwe mu ndwara bavuga ko amakuru y’uburwayi…
Sobanukirwa ububi bw’itabi n’uko warizinukwa
Itabi ririmo nikotine, bumwe mu burozi bwangiza umubiri kurusha ubundi, bushobora gutuma…
Rwanda: Abaganga babaga bari munsi y’inshuro icumi z’abakenewe
Abakora mu rwego rw'ubuvuzi mu Rwanda bagaragaza ko ubu abaganga babaga bakiri…
Muri 2027 kanseri y’inkondo y’umura izaba yaracitse mu Rwanda
Tariki ya 1 Gashyantare 2025, Guverinoma y’u Rwanda yatangije ku mugaragaro ingamba…
Rwanda: Ababyeyi 95% babyarira kwa muganga
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yagaragaje ko mu myaka itanu ishije, isize 95%…
Abarwaye indwara y’ibibembe basabwe kutayitiranya n’amarozi
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima mu Rwanda (RBC) cyasabye abagaragaza ibimenyetso by’indwara y’ibibembe kutiheza…
Rubavu: Gukoresha ifumbire iva mu musarani byabahozaga kwa muganga
Mu Murenge wa Mudende, ho mu Karere ka Rubavu, mu minsi ishize…
Gakenke: Barishimira Ikigo Nderabuzima kigezweho bahawe
Abaturage bo mu Karere ka Gakenke, mu Murenge wa Janja, bari mu…
Réseau des femmes yishimiye impinduka ku gukuramo inda kwemewe mu Rwanda
Réseau des Femmes Oeuvrant pour le Développement Rural, iratangaza ko yishimiye impinduka…
Rwanda: Abarenga miliyoni imwe bipimishije Virusi itera SIDA
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza uburyo bwo kwirinda Virusi itera Sida,…
Abanyarwanda basabwe guhangana na Malariya yongeye kubura umutwe
Minisitiri w'Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yasabye abanyarwanda kongera kwibuka guhangana n'indwara ya…
Ababyarira mu Bitaro bya ADEPR Nyamata bashonje bahishiwe
Abagore babyarira mu Bitaro bya ADEPR Nyamata biherereye mu Karere ka Bugesera…
U Rwanda rwatsinze burundu Marburg
U Rwanda rwatangaje ko rwatsinze burundu Icyorezo cya Marburg nyuma y’amezi atatu…
Hashyizweho ibisabwa ku mavuriro yemerewe gukuramo inda
Minisiteri y'Ubuzima ishobora kwemerera Ivuriro ryigenga (Clinic) ryujuje ibisabwa gutanga serivisi yo…
Abanyarwanda bagiye guhabwa umuti ubarinda kwandura SIDA
Bitarenze mu mpera z'uyu mwaka wa 2024, mu Rwanda haratangira gahunda yo…
Urubyiruko n’abafite ubumuga baracyagorwa no kubona serivisi z’ubuzima bw’imyororokere
Bamwe mu rubyiruko n’abafite ubumuga muri rusange bagaragaza ko hakiri ibibazo bitandukanye…
RD Congo : Abantu barenga 70 bamaze kwicwa n’indwara imeze nk’ibicurane
Minisiteri y'ubuzima muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko abantu nibura…