Ubuzima

COVID-19: Guhunga igihugu ni ubwoba bw’inkingo cyangwa ni ubugwari ?

Kuva mu ntangiriro za 2021 u Rwanda rwatangiye gukingira abaturage nyuma yaho

Ubwiyongere bw’ubwandu bwa Covid-19 bwikubye inshuro 70, inkingo zarafashije – Dr Daniel Ngamije

Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije asanga nubwo ubwandu bwihinduranyije bwa Covid-19 bwiswe

Covid-19 : MINISANTE yamaganye abakwiza impuha ku nkingo zishimangira

Ministeri y’Ubuzima yasabye abanyarwanda kwima amatwi amagambo abayobya akomeje gukwirakwira avuga ko

Mu Rwanda 6% by’abari munsi y’imyaka 15 barwaye igituntu-RBC

Igituntu ni imwe mu ndwara ikomeje gufata abantu benshi ku Isi no

Gasabo: Arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we ufite uburwayi budasanzwe

Nyaminani Violette, aratabaza abagiraneza ngo bamufashe kubona amafaranga yasabwe n’Ibitaro kugira ngo

Nyuma y’iminsi 10 umurwayi wa Covid-19 ari mu kato azajya akavamo igihe nta bucucike bwa virusi afite

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko umurwayi Covid-19 ariko yarikingije byuzuye azajya amara mu

Rubavu: Imvura ivanze n’umuyaga yasenye ibyumba 3 by’ishuri

Imvura ivanze n’umuyaga yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu mbere tariki ya

Kigali: Imirenge yose hafashwemo ibipimo 100 harebwa urugero Covid-19 iriho mu baturage

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima ku bufatanye n’Umujyi wa Kigali bafashe ibipimo bya

Covid-19: Aho kwihutira kwa Muganga batinda muri gakondo bakajya kwivuza barazahaye

Dr Menelas Nkeshimana ukuriye itsinda rishinzwe imivurire y’abarwayi ba Covid-19 mu Rwanda

Imibare y’abanduye Covid-19 yazamutse, abantu 1.488 banduye umunsi umwe

Mu Rwanda, imibare irimo kugaragara muri iyi minsi y'abandura COVID-19, yatumye abaturage

MINISANTE yasobanuye impamvu urukingo rwa Covid-19 rushimangira rwashyizwe ku mezi atatu

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko Abanyarwanda bemerewe guhabwa urukingo rwa COVID-19 rushimangira rwahabwaga

Kwihinduranya kwa COVID-19, Ibyaranze 2021 umwaka w’amatsiko ukaba urujijo kuri benshi !

Kuva mu mwaka wa 2020 icyorezo cya Coronavirus cyaza mu Rwanda ,

Kicukiro yahawe igikombe cyo kurwanya Covid-19, Bumbogo ihembwa imodoka

Akarere ka Kicukiro kaje ku isonga mu turere tw’Umujyi wa Kigali mu

U Rwanda rugeze kuri 80% rukingira Covid-19 – Perezida Kagame atanga ishusho y’Igihugu

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko igihugu kimaze gukingira icyorezo cya

Kacyiru: Ababyarira ku Bitaro bya Polisi barinubira 25000Frw bakwa yitwa ko ari aya Caution

Bamwe mu babyeyi bajya kubyarira ku Bitaro bya Kacyiru bizwi nk’ibya Polisi,