Ubuzima

Rwanda: Mu bantu 100 bapfa ku munsi barindwi muri bo bapfa bazize SIDA

Minisitiri w'Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana avuga ko buri munsi mu Rwanda havuka

Abashyize imifuka ya sima muri ‘Ambulance’ bahanwe

Minisitiri w'Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko bamenye amakuru y'abashyize imifuka ya

Inzobere ku buzima bwo mu mutwe zaganiriye ku cyakorwa ngo bwitabweho

Inzobere ku buzima bwo mu mutwe zigize umuryango OREP (Organisation Rwandaise d’Experts

Ikibazo cy’ubudahangarwa bw’udukoko ku miti giteje inkeke

Ikigo cy'Igihugu cy'Ubuzima (RBC), cyatangaje ko gihangayikishijwe n’udukoko tugira ubudahangarwa ku miti

Abashinzwe ubuzima bwo mu mutwe bahawe moto, basabwa kwegera abaturage

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), cyahawe moto nshya 39 zigomba gushyikirizwa abashinzwe ubuzima

Guverineri Kayitesi yakebuye abaturage bubaka imisarani bya nyirarureshwa

Guverineri w'Intara y'Amajyepfo, Kayitesi Alice, yasabye abaturage kutubaka imisarani bagamije guhimana n'Ubuyobozi

Rwanda: Ibitaro byavuraga abarwayi ba Marburg byarafunzwe

Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ubu ibitaro byavuraga abarwayi ba Marburg

Impaka zishyushye ku kuba Umukobwa w’imyaka 15 yaboneza urubyaro

Umuntu ufite imyaka 15 kuzamura azaba ashobora kujya kwa muganga yijyanye agahabwa

Nyanza: Gutera umuti wica imibu itera malariya byagabanyije abayirwaraga

Ubuyobozi n'abaturage bo mu karere ka Nyanza bavuga ko gutera umuti wica

Intabaza z’abakobwa bagitaka igiciro gihanitse cya COTEX

Bamwe mu bakobwa bo mu bice bitandukanye bavuga ko kugeza ubu igiciro

Rusizi: Abarema isoko barikanga  ibyorezo kuko ubukarabiro budaheruka amazi

Hari baturage barema isoko rya Gatsiro ryo mu kagari ka Gatsiro mu

Abaganga n’abita ku bagore babyara babazwe bongerewe ubumenyi

Abaganga bo mu Bitaro by'Uturere 20 bahawe ubumenyi butandukanye bugamije gufasha umubyeyi

Menya uko wakwigobotora agahinda

Mu bihe ufite agahinda, hari abashobora kukugira inama yo kutagaragaza uko wiyumva

Impamvu udakwiriye kunywa amazi uhagaze

Amazi ni ikinyobwa cy’ingenzi cyane ku buzima bwa muntu, kuko agira akamaro

Ubucye bw’abaganga b’inzobere bwagaragajwe nk’inzitizi mu kurandura Kanseri

Ubucye bw’abaganga bazobereye kuvura kanseri  bwagaragajwe nk’uruhare mu kuba mu Rwanda itarandurwa.