Gatsibo: Baratabariza umwana w’umukobwa uri kwangirika imyanya y’ibanga
Gufasha uyu muryango wakoresha numero +250786000815 ibaruye kuri Mageza Esdras Mageza Esdras…
Abatumva ntibavuge bagorwa no kumenya ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere
Bamwe mu babyeyi bafite abana b’abakobwa bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga…
Rusizi: Bashyikirijwe ‘Ambulance’ isimbura iyakoze impanuka igapfiramo abaganga
Abivuriza mu kigo nderabuzima cya Nyabitimbo bashyikirijwe imodoka y'ingobyi y'abarwayi, ifite agaciro…
Hari gukorwa ubushakashatsi ku bipimo bya Malaria mu Rwanda
Abakarani b'ibarura bari kwifashishwa mu bushakashatsi ku bipimo bya Malaria mu Rwanda…
Rwanda: Mu myaka 7 abarwara Malaria bagabanutseho miliyoni zisaga enye
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, kigaragaza ko imibare y’abarwara iyi ndwara mu gihugu…
Abafite ubumuga bwo kutabona barasaba leta kubaka imihanda iborohereza
Abafite ubumuga bwo kutabona mu Rwanda, basabye leta gutekereza uko mu kubaka ibikorwaremezo…
U Rwanda rwungutse imashini zo kwita ku bana batavukiye igihe
Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku bana UNICEF ryashyikirije Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ubuzima,…
Abafite ubumuga bwo kutabona bagorwa nuko inkoni yera itumizwa mu mahanga
Abafite ubumuga bwo kutabona mu Rwanda, baracyagowe no kubona inkoni zera kubera…
Kamonyi: Barasaba ko ibitaro bimaze imyaka irenga 50 bivugururwa
Abivuriza mu Bitaro bya Remera Rukoma baravuga ko bishaje kandi bitakijyanye n'igihe,…
Musanze: Bifuza gushyirirwaho icyumba cyo konkerezamo aho bakorera
Ubusanzwe Leta y’u Rwanda isaba ababyeyi konsa abana babo nibura imyaka ibiri,…
Gasabo: Hatangijwe umushinga ukorana n’urubyiruko ku buzima bw’imyororokere
Umuryango wa Réseau des Femmes watangije umushinga w'imyaka itanu ugamije gutanga amakuru…
Nyanza: Hagaragajwe ko abafite uburwayi bwo mu mutwe bashaririwe n’ubuzima
Ubwo hasozwaga ukwezi kwahariwe Ubuzima bwo mu mutwe, Haragirimana Claver uyobora Ishyirahamwe…
Kigali: Hari abadakozwa kurara mu macumbi arimo udukingirizo
Gukoresha agakingirizo ni bumwe mu buryo bwifashishwa mu kurwanya virusi itera sida,…
Mu mezi 2 abakozi 15 barimo abaganga bamaze gusezera akazi ku Bitaro bya Nyanza
Mu mezi abiri hamaze gusezera abakozi barenga 15 bakoraga ku Bitaro bya…
Muhanga: Ababyeyi basabwe kudatererana abafite uburwayi bwo mu mutwe
Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga bwasabye ababyeyi ndetse na Sosiyete nyarwanda kudatererana abafite…
Rubavu: Basabwe kuba maso kuko muri RDC hakigaragara imbasa
Minisiteri y'Ubuzima binyuze mu kigo cy'igihugu cy'ubuzima RBC b basabye abaturage gukomeza…
Abatabasha kubona ‘cotex’ bari mu mihango bashyizwe igorora
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda yerekanye ko muri miliyoni 13 zituye…
Haba iki mu nzoga gituma ziraza abantu rwantambi, bwacya bakazisubiraho?
Ubushakashatsi bwa kabiri Minisiteri y’Ubuzima yamuritse bwakozwe ku ndwara zitandura mu Rwanda,…
Ibihugu 10 bifite abagabo batumagura Itabi kurusha abandi ku Isi
Itabi uko ryaba rimeze kose kuva ku itabi rigurwa n'abaherwe gusa kugeza…
Ibimenyetso icyenda bizakwereka ko ushobora kurwara umutima
Umutima ni igice cy'umubiri gikomeye bisaba kwitwararika kuri cyo ndetse ukacyirinda. Usibye…
Kigali: Hari abarwariye mu Bitaro byo mu mutwe imyaka irenga 40
IBitaro byita ku barwayi bo mu mutwe bya CARAES Ndera, bitangaza ko…
Huye: Abaturage basabwe kwisuzumisha Kanseri hakiri kare
Inzobere mu gupima indwara, zishishikariza abaturage kwisuzumisha indwara ya kanseri hakiri kare…
Mu Bitaro by’ababyeyi bya Kabgayi haravugwamo ubucucike bukabije
Abagana mu Bitaro by'ababyeyi bya Kabgayi, mu karere ka Muhanga,bavuga ko ubucucike…
Rwanda: Umuntu 1 muri 5 afite ibibazo byo mu mutwe
Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ubuzima, RBC, kivuga ko mu Rwanda umuntu 1 muri 5…
Ibitaro bya Butaro byongerewe ubushobozi
Mu bitaro bya Butaro bizwi mu gufasha abarwayi ba Kanseri biherereye mu…
Gicumbi: Bakanguriwe kwirinda ubwandu bushya bwa Virusi itera sida
Abaturiye ku Murindi w’Intwari,basabwe kwirinda ubwandu bushya bwa virusi itera Sida. Ni…
Mu Rwanda hari kubera amahugurwa y’inzobere mu buvuzi bwa “Clubfoot”
Umuryango Mpuzamahanga Hope Walks ku bufatanye na Minisiteri y'Ubuzima, bari kongerera ubumenyi…
Sinzi undongoye, Icyuma…, Ninde uzarokora abugarijwe n’inzoga zikaze?
Sinzi undongoye, Dunda Ubwonko, Icyuma,.. izo zose ni inzoga zikaze cyane usanga…
Rubyiruko mwirinde ikintu cyabavutsa ubuzima- Meya wa Kamonyi
Umuyobozi w'Akarere ka Kamonyi, Dr Sylvere Nahayo, yasabye urubyiruko kugendera kure ikintu…
Eden Care yatangije uburyo bw’ubuvuzi bwifashisha murandasi
Ntibikiri ngombwa ko umuntu avunika ajya gushaka serivisi ku bigo runaka, ahubwo…