Browsing author

UMUSEKE

Mukuralinda adusigiye umurage ukomeye w’Uburezi- Cardinal Kambanda

Mukuralinda adusigiye umurage ukomeye w’Uburezi- Cardinal Kambanda

Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yatangaje ko Alain  Mukuralinda, yaranzwe no kwicisha bugufi no guteza imbere imbere impano z’abakiri bato bityo asize umurage ukomeye w’uburezi. Ni ubutumwa yatanze kuwa 10 Mata 2025, mu gitambo cya Misa cyo kumusabira umugisha no kumuherekeza, cyabereye  muri Paruwasi Gatolika ya Rulindo, […]

Tariki ya 10 Mata 1994: Umunsi Abasenyeri Gatorika batererana Abatutsi, bakababazwa n’Urupfu rwa Habyarimana

Tariki ya 10 Mata 1994: Umunsi Abasenyeri Gatorika batererana Abatutsi, bakababazwa n’Urupfu rwa Habyarimana

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 10  Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu.  Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. Kuri iyi tariki, nibwo Abasenyeri gatorika banditse ko babajwe n’urupfu rwa Habyarimana, ntibigera bamagana jenoside yakorerwaga […]

Mines and Quarries: When Nature Suffers in the Name of Progress

Day and night, the roar of trucks hauling stones and sand from quarries across the country to Kigali and other construction zones never ceases. The demand for materials on construction sites is relentless; hammers echo as workers tirelessly mix sand and cement. In many areas, sites known as “Indege” serve as gathering points for laborers, […]

Ikiganiro n’umuvugizi wa M23 ku ifatwa rya Gen Omega-AUDIO

Umutwe wa M23 wabwiye UMUSEKE ko amakuru avuga ko kuri uyu wa 5 Werurwe 2025 bagiye koherereza igisirikare cy’u Rwanda (RDF) Gen Ntawunguka Pacifique, uzwi nka Omega n’andi mazina, ko atari ukuri. Ni mu kiganiro kigufi Umuvugizi wungirije w’Umutwe wa M23, Dr. Oscar Balinda, yagiranye na UMUSEKE nyuma y’amakuru yasakaye kuri uyu wa Kabiri, tariki […]

Bishop Dr. Mugisha yahakanye ibyaha aregwa, avuga ko ari akagambane

Urukiko rw’ibanze rwa Muhoza mu Karere ka Musanze rwaburanishije Bishop Dr. Mugiraneza Mugisha Samuel, umushumba wa EAR Diyosezi ya Shyira, ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha aregwa, avuga ko ari akagambane yagiriwe. Bishop Dr. Mugiraneza Mugisha Samuel aregwa ibyaha bitatu aribyo: gufata ibyemezo bishingiye ku itonesha, ubucuti, urwango, ikimenyane n’icyenewabo; kunyereza umutungo; no kwihesha inyungu […]

Umusirikare wa Congo yinjiye mu Rwanda arasa umuturage

Amakuru UMUSEKE ukesha umunyamakuru wacu ukorera mu karere ka Rubavu, aratangaza ko ku mugorora wo kuri iki Cyumweru tariki ya 26 Mutarama 2025, umusirikare wa FARDC yinjiye ku butaka bw’u Rwanda arasa umuturage aramwica. Ibi byabereye mu Murenge wa Rubavu, mu Mudugudu wa Murambi ,Akagari ka Buhaza, ubwo abasirikare ba  Congo bari basumbirijwe n’ibitero bya […]

Inzu y’umuturage i Rubavu yatobowe n’igisasu cyarasiwe muri Congo

Igisasu cyavuye muri Congo kuri iki cyumweru cyaruhukiye ku nzu y’umuturage i Rubavu mu murenge wa Cyanzarwe, ku bw’amahirwe nta muntu cyahitanye cyangwa ngo akomereke. Umunyamakuru Mukwaya Olivier uri i Rubavu yageze aho byabereye avugana na bene urugo batuye mu kagari ka kagari Busigari, umudugudu wa Bugu. Mu gitondo mu masaha ya saa mbili (08h00 […]

Mu Mujyi wa Nairobi hatashywe Hoteli ihesha ishema Afurika

Mu mujyi wa Nairobi muri Kenya, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Mutarama 2024, hatashywe hoteli yitwa Hyatt isanzwe izwi muri America, mu mujyi wa Chicago, bitanga icyizere cy’Iterambere kuri Afurika y’Iburasirazuba ndetse no muri Afurika muri rusange. Umugabe wa Afurika by’umwihariko Afurika y’Iburasirazuba iri kwagura ibikorwaremezo bitandukanye bigenda bituma irushaho gutera imbere . […]

Réseau des femmes yishimiye impinduka ku gukuramo inda kwemewe mu Rwanda

Réseau des Femmes Oeuvrant pour le Développement Rural, iratangaza ko yishimiye impinduka zakozwe mu Iteka rya Minisitiri ryo ku wa 29/11/2024 rigena ibisabwa kugira ngo muganga akuriremo umuntu inda. Kugeza ubu, abifuzaga serivisi yo gukurirwamo inda bakagorwa no kuyihabwa, boroherejwe, kuko igiye kujya itangirwa no ku bigo nderabuzima. Minisiteri y’Ubuzima iherutse kwemerera Ivuriro ryigenga (Clinic) […]

Breaking: Abarwanyi ba FDLR bishyikirije inzego z’umutekano mu Rwanda

Abarwanyi batatu bari mu mutwe wa FDLR bakerakera mu mashyamba yo muri Congo, bishyikirije inzego z’umutekano z’u Rwanda. Bambutse umupaka uhuza u Rwanda na RDC muri iki gitondo banyuze mu Kibaya, mu mudugudu wa Kigezi, akagari ka Kageshi, umurenge wa Busasamana. Amakuru UMUSEKE ukesha abaturage, ni uko aba baje ari batatu bitwaje imbunda eshatu n’icyombo […]