Browsing author

UMUSEKE

Mines and Quarries: When Nature Suffers in the Name of Progress

Mines and Quarries: When Nature Suffers in the Name of Progress

Day and night, the roar of trucks hauling stones and sand from quarries across the country to Kigali and other construction zones never ceases. The demand for materials on construction sites is relentless; hammers echo as workers tirelessly mix sand and cement. In many areas, sites known as “Indege” serve as gathering points for laborers, […]

Ikiganiro n’umuvugizi wa M23 ku ifatwa rya Gen Omega-AUDIO

Ikiganiro n’umuvugizi wa M23 ku ifatwa rya Gen Omega-AUDIO

Umutwe wa M23 wabwiye UMUSEKE ko amakuru avuga ko kuri uyu wa 5 Werurwe 2025 bagiye koherereza igisirikare cy’u Rwanda (RDF) Gen Ntawunguka Pacifique, uzwi nka Omega n’andi mazina, ko atari ukuri. Ni mu kiganiro kigufi Umuvugizi wungirije w’Umutwe wa M23, Dr. Oscar Balinda, yagiranye na UMUSEKE nyuma y’amakuru yasakaye kuri uyu wa Kabiri, tariki […]

Bishop Dr. Mugisha yahakanye ibyaha aregwa, avuga ko ari akagambane

Bishop Dr. Mugisha yahakanye ibyaha aregwa, avuga ko ari akagambane

Urukiko rw’ibanze rwa Muhoza mu Karere ka Musanze rwaburanishije Bishop Dr. Mugiraneza Mugisha Samuel, umushumba wa EAR Diyosezi ya Shyira, ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha aregwa, avuga ko ari akagambane yagiriwe. Bishop Dr. Mugiraneza Mugisha Samuel aregwa ibyaha bitatu aribyo: gufata ibyemezo bishingiye ku itonesha, ubucuti, urwango, ikimenyane n’icyenewabo; kunyereza umutungo; no kwihesha inyungu […]

Umusirikare wa Congo yinjiye mu Rwanda arasa umuturage

Amakuru UMUSEKE ukesha umunyamakuru wacu ukorera mu karere ka Rubavu, aratangaza ko ku mugorora wo kuri iki Cyumweru tariki ya 26 Mutarama 2025, umusirikare wa FARDC yinjiye ku butaka bw’u Rwanda arasa umuturage aramwica. Ibi byabereye mu Murenge wa Rubavu, mu Mudugudu wa Murambi ,Akagari ka Buhaza, ubwo abasirikare ba  Congo bari basumbirijwe n’ibitero bya […]

Inzu y’umuturage i Rubavu yatobowe n’igisasu cyarasiwe muri Congo

Igisasu cyavuye muri Congo kuri iki cyumweru cyaruhukiye ku nzu y’umuturage i Rubavu mu murenge wa Cyanzarwe, ku bw’amahirwe nta muntu cyahitanye cyangwa ngo akomereke. Umunyamakuru Mukwaya Olivier uri i Rubavu yageze aho byabereye avugana na bene urugo batuye mu kagari ka kagari Busigari, umudugudu wa Bugu. Mu gitondo mu masaha ya saa mbili (08h00 […]

Mu Mujyi wa Nairobi hatashywe Hoteli ihesha ishema Afurika

Mu mujyi wa Nairobi muri Kenya, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Mutarama 2024, hatashywe hoteli yitwa Hyatt isanzwe izwi muri America, mu mujyi wa Chicago, bitanga icyizere cy’Iterambere kuri Afurika y’Iburasirazuba ndetse no muri Afurika muri rusange. Umugabe wa Afurika by’umwihariko Afurika y’Iburasirazuba iri kwagura ibikorwaremezo bitandukanye bigenda bituma irushaho gutera imbere . […]

Réseau des femmes yishimiye impinduka ku gukuramo inda kwemewe mu Rwanda

Réseau des Femmes Oeuvrant pour le Développement Rural, iratangaza ko yishimiye impinduka zakozwe mu Iteka rya Minisitiri ryo ku wa 29/11/2024 rigena ibisabwa kugira ngo muganga akuriremo umuntu inda. Kugeza ubu, abifuzaga serivisi yo gukurirwamo inda bakagorwa no kuyihabwa, boroherejwe, kuko igiye kujya itangirwa no ku bigo nderabuzima. Minisiteri y’Ubuzima iherutse kwemerera Ivuriro ryigenga (Clinic) […]

Breaking: Abarwanyi ba FDLR bishyikirije inzego z’umutekano mu Rwanda

Abarwanyi batatu bari mu mutwe wa FDLR bakerakera mu mashyamba yo muri Congo, bishyikirije inzego z’umutekano z’u Rwanda. Bambutse umupaka uhuza u Rwanda na RDC muri iki gitondo banyuze mu Kibaya, mu mudugudu wa Kigezi, akagari ka Kageshi, umurenge wa Busasamana. Amakuru UMUSEKE ukesha abaturage, ni uko aba baje ari batatu bitwaje imbunda eshatu n’icyombo […]

Uwitandukanyije na FLN yashinje u Burundi gukorana na yo

Karimunda Jean Damascene witandukanyije n’umutwe wa MRCD/ FLN, yavuze uburyo yafashe icyemezo cyo kuva muri uwo mutwe, anashinja leta y’u Burundi gukorana na wo. Mu kiganiro na RBA, yavuze mu mwaka wa 2018 ari bwo yagiye muri uyu mutwe, nyuma yo kumva arambiwe ubuzima bubi bwo mu mashyamba, ahitamo gutaha ngo afatanye n’Abanyarwanda kubaka igihugu. […]

RIB ifunze  uwigeze kuyobora Urwego rw’Iperereza muri RDF

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze Gen Maj (Rtd) Richard Rutatina, nyuma y’igihe rumukoraho iperereza ku byaha byo guha amabwiriza abakozi be, bagakubita uwari waraye mu nzu ye. Gen Maj (Rtd) Richard Rutatina yagiye mu kiruhuko cy’izabukuru mu 2016. Yigeze kuba Umuyobozi w’Urwego rw’Iperereza mu Ngabo z’u Rwanda, J2. The Newtimes ivuga ko Uwakubiswe yari […]