Browsing author

UMUSEKE

Bishop Dr. Mugisha yahakanye ibyaha aregwa, avuga ko ari akagambane

Urukiko rw’ibanze rwa Muhoza mu Karere ka Musanze rwaburanishije Bishop Dr. Mugiraneza Mugisha Samuel, umushumba wa EAR Diyosezi ya Shyira, ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha aregwa, avuga ko ari akagambane yagiriwe. Bishop Dr. Mugiraneza Mugisha Samuel aregwa ibyaha bitatu aribyo: gufata ibyemezo bishingiye ku itonesha, ubucuti, urwango, ikimenyane n’icyenewabo; kunyereza umutungo; no kwihesha inyungu […]

Umusirikare wa Congo yinjiye mu Rwanda arasa umuturage

Amakuru UMUSEKE ukesha umunyamakuru wacu ukorera mu karere ka Rubavu, aratangaza ko ku mugorora wo kuri iki Cyumweru tariki ya 26 Mutarama 2025, umusirikare wa FARDC yinjiye ku butaka bw’u Rwanda arasa umuturage aramwica. Ibi byabereye mu Murenge wa Rubavu, mu Mudugudu wa Murambi ,Akagari ka Buhaza, ubwo abasirikare ba  Congo bari basumbirijwe n’ibitero bya […]

Inzu y’umuturage i Rubavu yatobowe n’igisasu cyarasiwe muri Congo

Igisasu cyavuye muri Congo kuri iki cyumweru cyaruhukiye ku nzu y’umuturage i Rubavu mu murenge wa Cyanzarwe, ku bw’amahirwe nta muntu cyahitanye cyangwa ngo akomereke. Umunyamakuru Mukwaya Olivier uri i Rubavu yageze aho byabereye avugana na bene urugo batuye mu kagari ka kagari Busigari, umudugudu wa Bugu. Mu gitondo mu masaha ya saa mbili (08h00 […]

Mu Mujyi wa Nairobi hatashywe Hoteli ihesha ishema Afurika

Mu mujyi wa Nairobi muri Kenya, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Mutarama 2024, hatashywe hoteli yitwa Hyatt isanzwe izwi muri America, mu mujyi wa Chicago, bitanga icyizere cy’Iterambere kuri Afurika y’Iburasirazuba ndetse no muri Afurika muri rusange. Umugabe wa Afurika by’umwihariko Afurika y’Iburasirazuba iri kwagura ibikorwaremezo bitandukanye bigenda bituma irushaho gutera imbere . […]

Réseau des femmes yishimiye impinduka ku gukuramo inda kwemewe mu Rwanda

Réseau des Femmes Oeuvrant pour le Développement Rural, iratangaza ko yishimiye impinduka zakozwe mu Iteka rya Minisitiri ryo ku wa 29/11/2024 rigena ibisabwa kugira ngo muganga akuriremo umuntu inda. Kugeza ubu, abifuzaga serivisi yo gukurirwamo inda bakagorwa no kuyihabwa, boroherejwe, kuko igiye kujya itangirwa no ku bigo nderabuzima. Minisiteri y’Ubuzima iherutse kwemerera Ivuriro ryigenga (Clinic) […]

Breaking: Abarwanyi ba FDLR bishyikirije inzego z’umutekano mu Rwanda

Abarwanyi batatu bari mu mutwe wa FDLR bakerakera mu mashyamba yo muri Congo, bishyikirije inzego z’umutekano z’u Rwanda. Bambutse umupaka uhuza u Rwanda na RDC muri iki gitondo banyuze mu Kibaya, mu mudugudu wa Kigezi, akagari ka Kageshi, umurenge wa Busasamana. Amakuru UMUSEKE ukesha abaturage, ni uko aba baje ari batatu bitwaje imbunda eshatu n’icyombo […]

Uwitandukanyije na FLN yashinje u Burundi gukorana na yo

Karimunda Jean Damascene witandukanyije n’umutwe wa MRCD/ FLN, yavuze uburyo yafashe icyemezo cyo kuva muri uwo mutwe, anashinja leta y’u Burundi gukorana na wo. Mu kiganiro na RBA, yavuze mu mwaka wa 2018 ari bwo yagiye muri uyu mutwe, nyuma yo kumva arambiwe ubuzima bubi bwo mu mashyamba, ahitamo gutaha ngo afatanye n’Abanyarwanda kubaka igihugu. […]

RIB ifunze  uwigeze kuyobora Urwego rw’Iperereza muri RDF

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze Gen Maj (Rtd) Richard Rutatina, nyuma y’igihe rumukoraho iperereza ku byaha byo guha amabwiriza abakozi be, bagakubita uwari waraye mu nzu ye. Gen Maj (Rtd) Richard Rutatina yagiye mu kiruhuko cy’izabukuru mu 2016. Yigeze kuba Umuyobozi w’Urwego rw’Iperereza mu Ngabo z’u Rwanda, J2. The Newtimes ivuga ko Uwakubiswe yari […]

Rubavu: Imiryango 20 yabanaga mu makimbirane yasezeranye

Imiryango 20 yo mu murenge wa Kanzenze yabanaga mu makimbirane yasezeranye byemewe n’amategeko. Ubuyobozi butangaza ko ari igikorwa gikomeje kuko hari indi miryango 12 isigaye nayo izasezerana mu kwezi kwa Mutarama. Iyi miryango isezeranye nyuma y’uko yigishijwe n’ubuyobozi bw’Umurenge ndetse n’inshuti z’umuryango nkuko bagafata icyemezo cyo gusezerana mu mategeko ndetse no guhagarika amakimbirane bagiranaga. Mvuguwera […]

Rubavu: Dasso yoroje abasenyewe na Sebeya

Abagize urwego rwunganira akarere mu mutekano DASSO bunganiye ubuyobozi bwA’karere ka Rubavu mu koroza imiryango yagizweho ingaruka n’ibiza byo mu mwaka ushize, baboroza intama 20 ndetse n’inka eshanu. Abahawe aya matungo akaba ari abaturage bo mu mirenge ya Kanama na Nyundo bashegeshwe n’ibiza byatewe n’umugezi wa Sebeya. Abaturage borojwe aya matungo bavuze ko bazayafata neza […]