Amahanga

Abimukira ba mbere Trump yirukanye muri America bageze i Kinshasa

Abimukira ba mbere bavuye muri Leta zunze ubumwe za America bageze muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa…

Umuhererezi wa Perezida Mugabe yagejejwe mu rukiko

Urukiko rwo muri Africa y'Epfo rwumvise umuhererezi wa w'uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe, nyakwigendera Robert Mugabe, uyu mwana yahamwe n'icyaha…

Congo irakira abimukira birukanywe na Amerika

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) irakira abimukira 30 baturuka mu bihugu bitandukanye nyuma yo kwirukanwa na Leta zunze Ubumwe…

Trump intambara yayimuriye ku Butaliyani

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, intambara y'amagambo amaze igihe ashoza ku bihugu n'abategetsi yayimuriye kuri Minisitiri…

Uwatsinzwe amatora muri Benin yemeye ibyayavuyemo ashimira uwatsinze

Umugabo utavuga rumwe n'uwatsinze amatora ya Perezida muri Bénin, Paul Hounkpè yemeye ko yatsinzwe na Romuald Wadagni. Ni kimwe mu…

Byongeye kudogera hagati ya Iran na Amerika

Umwuka w’intambara wongeye gututumba hagati ya Amerika na Iran nyuma y’uko ibiganiro by’amahoro by’i Islamabad bikubise igihwereye. Amerika yahize kugota…

- Advertisement -
Ad image