Amahanga

Trump yandagaje Papa Leo XIV

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yandagaje Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatulika mu Isi, Papa Leo XIV,…

Nigeria – Habaye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

Abanyarwanda baba muri Nigeria, abayobozi mu nzego za leta yaho n’iz’umutekano, abahagariye ibihugu byabo, abakozi b’imiryango mpuzamahanga n’inshuti bibutse ku…

Netanyahu ni Hitler wo muri kino gihe – Turukiya yakije umuriro kuri Israel

Ubutegetsi bwa Turukiya bwise Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, Adolphe Hitler w'ibi bihe, uyu akaba yarateguye akanayobora Jenoside yakorewe…

AFC/M23 yohereje intumwa mu Busuwisi, ishinja Leta ya Congo kurasa mu baturage

Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko intumwa zaryo zatangiye urugendo rujya mu Busuwisi, ahakomereje ibiganiro by'amahoro, rishinja Ingabo za Repubulika Iharanira…

Iran na Amerika bitegerejwe mu biganiro

Abategetsi bakuru muri Leta zunze Ubumwe za Amerika n'aba Iran barahurira Islamabad muri Pakistan mu biganiro by'amahoro bigamije gusuzuma ishyirwa…

Iran na America byemeje guhagarika intambara by’igihe gito

Isi igiye kumara iminsi ihumeka nyuma y'iminsi 40 y'akangaratete yashyizwemo n'ibitero bya Leta zunze ubumwe za America na Israel kuri…

- Advertisement -
Ad image