Amahanga

Abishwe n’ibiza muri Congo no mu Rwanda nta ruhare babigizemo – Antonio Guterres

Bujumbura: Mu nama yiga ku mahoro n’umutekano ibera mu Burundi, Umunyamabanga Mukuru

UPDATED: Abagera kuri 200 bishwe n’imvura yibasiriye Kivu y’Amajyepfo

Sosiyete Sivile ya Kivu y'Amajyepfo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yatangaje

Dr Ngirente yageze i Burundi mu nama yiga ku mutekano wa Congo

Minisitiri w’Intebe w'u Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yageze i Bujumbura mu Burundi

Impuruza ku mutwe wo muri Congo witwara nk’Interahamwe zoretse u Rwanda

Amahanga yahurujwe guhagarika ubwicanyi bwa kinyamaswa bukorwa n'ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya

Papa Francis yashenguwe n’Abanyarwanda 130 bishwe n’ibiza

Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Francis, yashenguwe n’Abanyarwanda 130 bitabye

Uganda: Minisitiri yarashwe mu cyico

Umusirikare mu ngabo za Uganda, UPDF yarashe mu cyico Minisitiri wungirije w'uburinganire

António Guterres ategerejwe i Burundi mu nama rukokoma kuri Congo

Umunyamabanga Mukuru wa ONU, António Guterres ategerejwe i Bujumbura mu Burundi mu

Abasirikare ba Uganda boherejwe mu gace ka Mabenga muri Congo

Ingabo z’umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, EACRF ziri muri Congo, zatangaje ko ingabo

Sudani : Imirwano yongeye guca ibintu 

Impande zihanganye mu ntambara ibera muri Sudani zirashinjanya kwica amasezerano yo guhagarika

Leta ya Congo ntishobotse! Impamvu 4 zatumye Umuyobozi w’ingabo za EAC yegura

Umugaba Mukuru w’ingabo z’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba zagiye gufasha Congo kugarura amahoro,

Undi mupasitori akurikiranyweho kwicishisha inzara abayoboke kugeza bapfuye

Undi mupasitoro w’umunyakenya yatawe muri yombi kuwa kane, “ku mpfu z’abayoboke be

Sudan: Agahenge k’imirwano kamaze “umwanya urume rumara”

Ku munsi wa kabiri impande zihanganye muri Sudan zemeranyije guhagarika imirwano, urusaku

Rukundo Egumeho! Gen Muhoozi yashimye uko yakiriwe i Kigali

Ku Banyarwanda muri iyi minsi umuhungu wa Yoweri Museveni, akaba n’umujyanama we,

Abadepite bo muri Ituri bashinje ingabo za Leta ya Congo ubwicanyi

Abadepite batowe  mu Ntara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,

Abatutsi bo muri Kivu y’Amajyepfo baratabaza kubera inyeshyamba zahawe umugisha na Leta

Abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi muri Kivu y'Amajyepfo, baratabaza amahanga bavuga ko