Inzego zatangiye iperereza ku rupfu rw’umusore waviduraga ubwiherero ku ishuri rya Saint Peter Igihozo
Nyanza: Abantu babiri baguye mu cyobo cy’umusarani w’ishuri ubwo bariho bakora ikiraka cyo kuvidura imyanda umwe ahita ahasiga ubuzima. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 11 Werurwe 2025 ku ishuri rya Saint Peter Igihozo riri mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza, habereye impanuka aho abaviduraga icyo cy’ubwiherero baguyemo umwe ahasiga ubuzima. Urwego rw’Ubugenzacyaha, […]