Browsing category

Amakuru aheruka

Mu myaka 10 umusaruro w’ubworozi bw’amafi uzagera kuri toni zirenga ibihumbi 80

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi ivuga ko bitarenze mu mwaka wa 2035 umusaruro w’ubworozi bw’amafi uzagera kuri toni 80620 uvuye kuri toni 9000 uriho ubu. MINAGRI ivuga ko mu mwaka wa 2024-2025 umusaruro w’amafi wari ugeze toni 48133. Muri izo toni, ubworozi bw’amafi, ni toni 9000. Izindi ziva mu burobyi. MINAGRI ivuga kandi  ko kuri ubu buri […]

M23/AFC yashyizeho Guverineri mushya wa Kivu ya Ruguru n’umuyobozi wa Goma

Umutwe wa M23 ufatanya na Alliance Fleuve Congo washyizeho abayobozi bashya bayoboye Intara ya Kivu ya Ruguru nyuma y’igihe gito ufashe umujyi wa Goma. Amatangazo atandakunye uyu mutwe wasohoye wavuze ko hagiyeho Guverineri mushya wa Kivu ya Ruguru witwa Bahati Musanga Joseph uyu ni umwe mu bamaze igihe mu bukangurambaga bw’umutwe wa AFC/M23 akaba yari […]

United Scholarship Center ikeneye abashaka kwiga muri America, Canada n’i Burayi

Ikigo UNITED SCHOLARS CENTER kivuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo ari zo zose , kuko imbogamizi bahuraga na zo zo gushaka za Kaminuza bigamo zabonewe umuti urambye. Kuri ubu UNITED SCHOLARS CENTER ihuza Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze ikabashakira za Kaminuza nziza mu Burayi, Amerika na […]

Bethany Hotel ifite agaseke gapfundiye ku bizihiza Saint Valentin

Hotel Bethany iherereye neza ku mazi y’ikiyaga cya Kivu, i Karongi yateguye ibirori bigamije gushimisha abizihiza umunsi w’abakunda uzwi nka Saint Valentin tariki 14 Gashyantare, 2025. Ku biciro byo hasi, abakundana baryoherwa no kurara muri iriya hoteli bishimira ibyiza by’urukundo. Ntwali Janvier, Umuyobozi wa Bethany Hotel avuga ko ku munsi wa Saint Valentin uba tariki […]

Nta muntu n’umwe uzaturindira umutekano- KAGAME

Perezida Paul Kagame yavuze ko nta muntu uzagira uruhare mu kurinda umutekano w’u Rwanda uretse abanyagihugu gusa. Yabitangaje kuri uyu wa 03 Gashyantare 2025, mu kiganiro yagiranye n’Umunyamakuru wa CNN, Larry Madowo, ku bijyanye n’umutekano wo mu Burasirazuba bwa Congo. Ni ikiganiro kibaye nyuma y’igitutu kinshi cy’amahanga ashinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23  no […]

Kagame na Tshisekedi bemeje guhurira mu nama idasanzwe

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, agiye kwakira inama y’abakuru b’ibihugu by’Umuryango uhuza ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC), ndetse n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, yiga ku mutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama ya SADC ya 24 yabaye ku wa 31 Mutarama 2025 i Harare muri Zimbabwe, cyaje nyuma y’aho bisabwe n’inama […]

M23 yemeye guhagarika imirwano

Umutwe wa M23 watangaje agahenge guhera ku wa kabiri tariki 04 Gashyantare 2025, uvuga ko ari ku mpamvu zo kugoboka abaturage. Mu itangazo ryasohowe na Lawrence Kanyuka, umuvugizi w’ihuriro Alliance Fleuve Congo rifite umutwe wa M23, yavuze ko badafite “intego zo gufata Bukavu cyangwa utundi duce”. Iri tangazo risohotse nyuma y’uko kuva mu mpera z’icyumweru […]

RIB yafunze umucamanza n’umugabo we

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwafunze Uwingabiye Delphine, Umucamanza mu Rukiko rw’Ibanze rwa Gatunda akurikiranweho kwaka no kwakira ruswa. RIB ivuga ko “ yizeza umuturage  kuzatsinda urubanza yari afite muri urwo Rukiko. “ Usibye uwo mucamanza, RIB yataye muri yombi kandi umugabo we Rwarinda Theogene akurikiranyweho kuba icyitso muri icyo cyaha. Urwego rw’Ubugenzacyaha ruburira abakoresha inshingano n’ububasha […]

Kayumba Nyamwasa ni umugambanyi –  Gen (Rtd) Kabarebe

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe,yanenze Kayumba Nyamwasa, avuga ko ari umugambanyi, ushyira imbere inyungu ze, asiga icyasha u Rwanda.  Gen (Rtd) James Kabarebe  atangaje ibi nyuma yaho  Ikinyamakuru Newzroom Afrika cyo muri Afurika y’Epfo kigiranye ikiganiro na  na Kanyumba Nyamwasa maze  agaharabika ubuyobozi bw’u Rwanda. Mu […]

Abanyarwanda barafashwa gutembera isi ku nkunga ya NomadMania

Umuryango utari uwa leta witwa NomadMania ugizwe n’abakerarugendo bo ku isi yose, wateraniye mu Rwanda bishimira gusoza neza ingendo bagiriraga muri Africa y’iburasirazuba, uyu muryango ufite gahunda yitwa “scholarship” ifasha ababyifuza gutembera isi ku nkunga yawo. Abakerarugendo bavuye muri Leta zunze ubumwe za America, Ubwongereza, Uburusiya, Ubutaliyani n’ahandi bahuriye muri Kigali Convention Center ku wa […]