Imikino

Perezida wa Rayon yahishuye uko yigishijwe akazi na Jean Paul

Umuyobozi w'ikipe ya Rayon Sports, Rtd Capt, Uwayezu Jean Fidèle yavuze uburyo

Perezida Paul Kagame yahaye integuza abadindiza Siporo y’u Rwanda

Umukuru w'Igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko agiye gushaka umwanya wo

FERWAHAND yafatiye ibihano Gicumbi na Police

Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umukino w'intoki wa Handball, FERWAHAND, ryafatiye ibihano Gicumbi HC na

Aba-GP begukanye irushanwa ryo Kwibohora29

Ikipe y’Abasirikare barinda abayobozi bakuru b’Igihugu (Republican Guard) yatsinze Task Force Division

Agaciro Pre-Season: Gatoto na Brésil mu mukino w’ishyiraniro

Irushanwa ry'Agaciro Pre-Season Tournament rihuruza imbaga ya benshi, rigeze muri ½ ndetse

Volleyball: FRVB yahuguye abasifuzi barenga 70 [AMAFOTO]

Mu rwego rwo guteza umukino wa Volleyball mu Rwanda, Ishyirahamwe Nyarwanda ry'uyu

Bari abagambanyi – Perezida wa Kiyovu ku bakinnyi batandukanye

Umuyobozi w'Umuryango wa Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Regis uzwi nka Général,

Handball: Shampiyona yarangiye nta kipe yegukanye igikombe

Ubwo hasozwaga imikino ya nyuma muri shampiyon ya Handball, rwabuze gica mu

Inteko Rusange ya Kiyovu Sports yasubitswe

Ubuyobozi bw'ikipe ya Kiyovu Sports, bwasubitse Inama y'Inteko Rusange kubera umubare muke

Runda Vision WFC yabonye umufatanyabikorwa mushya (Amafoto)

Ikipe ya Runda Women Football Center yiganjemo abakiri bato, yahawe ibikoresho n'umufatanyabikorwa

Abakinnyi barenga 100 bitabiriye Mako Sharks Swimming League

Ubwo hakinwaga icyiciro cya Kabiri cy'irushanwa ryo Koga, Mako Sharks Swimming League,

Imikino ibiri y’Amavubi y’abagore na Uganda izabera mu Rwanda

Ikipe y'Igihugu ya Uganda y'umupira w'amaguru mu bari n'abategarugori, igiye kwakirira iy'u

Kigali – Bitabiriye Night Run ku bwinshi (AMAFOTO)

Abaturutse imihanda yose mu Mujyi wa Kigali, bahuriye muri Siporo rusange, Night

Rayon Sports yasinyishije umunyezamu mushya [AMAFOTO]

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko bwamaze gusinyisha umunyezamu wakinaga muri shampiyona

Umukinnyi w’Amavubi yasinyiye Standard de Liège yo mu Bubiligi [AMAFOTO]

Umunyarwanda wakiniraga ikipe ya Lille yo mu Bufaransa, Hakim Sahabo yatandukanye na