Browsing category

Imyidagaduro

Aissa Cyiza yahawe inshingano nshya muri Royal FM

Aissa Cyiza yahawe inshingano nshya muri Royal FM

Umunyamakuru ufite uburambe, Aissa Cyiza, yagizwe Umuyobozi wungirije wa Radio, Royal FM. Ni nyuma y’uko uyu munyamakuru, ari umwe mu bamaze imyaka myinshi ari umukozi w’iyi Radio. Aissa yagizwe Umuyobozi wungirije muri iki Kigo, nyuma yo kuba ari umwe mu bahamaze igihe kandi afite uburambe mu mwuga w’itangazamakuru. Cyiza ni umwe mu banyamakuru bafite uburambe, […]

Cyusa Ibrahim yacyeje ubutwari bw’Inkotanyi mu ndirimbo nshya-VIDEO

Cyusa Ibrahim yacyeje ubutwari bw’Inkotanyi mu ndirimbo nshya-VIDEO

Umuhanzi w’injyana gakondo, Cyusa Ibrahim, yashyize hanze indirimbo yise ‘Inkotanyi Turaganje’, irata ubutwari bw’Inkotanyi, zabohoye u Rwanda zikagarurira Abanyarwanda icyizere cyo kubaho, kongera kugira ubuzima bwiza no gutera imbere. Cyusa yabwiye UMUSEKE ko iyi ndirimbo yayikoze mu rwego rwo gushimira Inkotanyi zabohoye u Rwanda no kuzereka ko Abanyarwanda bazirikana ubwitange bwazo. Avuga ko yayihimbiye Abanyarwanda […]

The Ben n’Umugore we bibarutse  

The Ben n’Umugore we bibarutse  

Umuhanzi The Ben n’umugore we, Uwicyeza Pamella bibarutse imfura yabo . Pamella yabyariye mu Mujyi wa Bruxelles mu Bubiligi mu ijoro ryo ku wa 18 Werurwe 2025. Amakuru avuga ko Uwicyeza yabyariye mu bitaro bya Edith Cavell nyuma yo kujya kwa muganga kwipimisha, ageze  ku bitaro, abaganga basanga igihe cye cyo kubyara kigeze, bahitamo kumugumana […]

Papa Cyangwe agiye gutaramira i Rubavu

Umuraperi Abijuru King Lewis, wamamaye nka Papa Cyangwe, umwe mu bahanzi b’Abanyarwanda bakunzwe na benshi, ategerejwe mu gitaramo kizabera mu murenge wa Kanzenze ahazwi nku Ku Kabari mu Karere ka Rubavu. Papa Cyangwe azataramira muri “Ingagi Bar” kuri uyu wa gatandatu tariki 22 Werurwe 2025 mu ijoro ryitezwemo udushya twinshi. Uyu muhanzi uherutse gushyira indirimbo […]

Perezida Kagame yemereye ubwenegihugu Dj Ira

Perezida Paul Kagame yemereye ubwenegihugu bw’u Rwanda, umuvangamiziki umurundikazi Iradukunda Grace Divine wamamaye nka “DJ Ira”, asaba ababishinzwe kubikurikirana. Ni kuri icyi Cyumweru, ku wa 16 Werurwe 2025 mu Mujyi wa Kigali mu nzu ya BK Arena ubwo yahahuriga n’abarenga 8000 baturutse hirya no hino mu gihugu muri gahunda yo kwegera abaturage. Ni gahunda y’Umukuru […]

Umutima wanjye usendereye ibyishimo – Ariel Wayz nyuma yo gusohora Album

Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo,Uwayezu Ariel wamenyekanye nka  Ariel Wayz,yanyuze n’uburyo igitaramo cyo kumurika ‘Album’  ye ya mbere cyagenze, ashima abagize uruhare muri  icyo gikorwa cy’amateka . Tariki ya 8 Werurwe 2025 yari umunsi w’amateka kuri Ariel Wayz. Ni wo munsi yamurikiyeho album ye ya mbere mu kwishimira urugendo rw’imyaka isaga ine amaze mu muziki. Iyi […]

MYP yisunze Riderman mu ndirimbo yashibutse ku rupfu rwa Hirwa Henry-VIDEO

Navytune (MYP), wahoze mu itsinda rya KGB, yakoze indirimbo yise Nyagasani Mana, ishingiye ku rupfu rwa Henry, baririmbanaga, nyuma akaza kwitaba Imana. Ibi byamuteye agahinda gakabije, bituma ahishurira urubyiruko ibyarufasha guhangana nako. Ku wa 1 Ukuboza 2012 nibwo inkuru y’incamugongo yasakaye ko Hirwa Henry yitabye Imana aguye mu kiyaga cya Muhazi mu Ntara y’Iburasirazuba. Yari […]

Cyusa yasingije Nyirakuru wabaye imvano y’ubuhanzi bwe-VIDEO

Umuhanzi Cyusa Ibrahim, uzwi mu muziki gakondo, yashyize hanze indirimbo yise ‘Muvumwamata’ atangaza ko yayituye nyirakuru wamwinjije mu buhanzi. Muri iyi ndirimbo, mu nyikirizo aririmba ati: “Izihirwe neza Muvumwamata, ineza yawe ni inzirabwandu, cyambu cy’Imana cy’aheza ntajya agira umwaga muze!” Mu gitero cya mbere agira ati: “Ndavuga umumararungu mvomaho inganzo, twe bene inganzo tumuririmbire bishyire […]

Impinduka n’icyizere kuri Sergio Martin wo guhanga amaso mu muziki w’u Rwanda

Yibanda mu kwandikira bagenzi be no kuririmba indirimbo ziganjemo iz’urukundo, imbere he abona ko ari heza nubwo inzira iganayo azi neza ko irimo ibikomeye, gusa avuga ko yiteguye kurwanirira impano ye. Sergio Martin (Rukundo Serge) ni umwe mu bahanzi bakiri bato b’abahanga mu Rwanda, utanga icyizere kubera ijwi rye ryihariye ndetse n’imiririmbire ye itangarirwa. Abamaze […]

Auddy Kelly yakoranye indirimbo na Aline Gahongayire-VIDEO

Umuhanzi Munyangango Audace, uzwi cyane nka Auddy Kelly mu muziki, yasohoye indirimbo ye nshya yitwa ‘Hari Amahimwe’, yakoranye na Aline Gahongayire yibutsa abantu ko bakwiye gushima Imana mu bihe byiza no mu bikomeye, kuko bifungura amarembo. Ni indirimbo yasohotse kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 4 Werurwe 2025, ikaba iboneka ku muyoboro we wa YouTube […]