Inkuru Nyamukuru

Amerika yashinje byeruye  ibigo by’u Rwanda kwiba amabuye ya Congo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Tariki ya 25 Kamena 2026,  zatangaje ko zafatiye ibihano ibigo bine byo mu Rwanda bicukura…

Imihanda yangirika, Sitade ya Huye itarangira: PAC yahase ibibazo RTDA na RHA

Komisiyo y’Umutwe w’Abadepite ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) yatangiye kubariza mu ruhame ibigo n’inzego zagaragayemo amakosa muri…

Bugesera: JADF buri mwaka itanga miliyari 6 Frw zo guhindura imibereho y’umuturage

Ihuriro ry’abafatanyabikorwa b’Akarere ka Bugesera,  JADF,ritanga umusanzu wa miliyari 6 Frw  buri mwaka, hagamijwe kwihutisha  iterambere ry’ako karere n’imibereho y’umuturage.…

U Rwanda na Congo byahuriye mu biganiro mu Bwongereza

Ibihugu by’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) byongeye guhurira ku meza y’ibiganiro i Londres mu Bwongereza mu…

Ndayishimiye yafashe mu mugongo Venezuela yibasiwe n’umutingito

Perezida w'u Burundi, Évariste Ndayishimiye,akaba n’ Umuyobozi mukuru w'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (African Union - AU), yihanganishije Abanya-venezuela bibasiwe…

PAC igiye kubaza ibigo bya Leta uko byakoresheje umutungo

Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC), igiye gutangira kubariza mu mu ruhame inzego n’ibigo 76 bizatanga ibisobanuro…

- Advertisement -
Ad image