Hari ubwo umara gatatu utarakora ku munwa- Abatuye i Mayange barataka inzara
Mu Murenge wa Mayange mu Karere ka Bugesera, abaturage bahangayikishijwe n'ibura ry'ibiribwa,…
Inama y’i Bujumbura yanzuye iki ku bibazo byo muri Congo?
Kuri uyu wa Mbere nibwo Leta y’u Burundi yasohoye imyanzuro ijyanye n’inama…
Umu Jenerali uruta abandi mu Burundi yinjijwe gereza irinzwe cyane
Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Jenerali ukomeye ku butegetsi bwa Petero Nkurunziza, akaba…
PNL: Ibintu bitanu byaranze umunsi wa 28
Kimwe muri byinshi byaranze imikino y'umunsi wa 28 wa shampiyona y'icyiciro cya…
P. Kagame agaragaza ubushake bwo gukemura ibibazo bya Congo – João Lourenço
Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano muri RD.Congo,…
Tuzize umutwererano twahawe na RGB! Aba-Rayons barubiye
Abakunzi b'ikipe ya Rayon Sports, bakomeje kugaragaza ko bashenguwe bikomeye no gutsindwa…
Ingabo z’uRwanda ziri Mozambique zashimiwe
Ku cyumweru tatiki ya 7 Gicurasi 2023,Umuyobozi Mukuru w’Ingabo z’igihugu cya Mozambique,…
Ruhango: Umukozi wo mu rugo arakekwaho kwica Nyirabuja
Umukozi wo mu rugo witwa Dusabimana Emmanuel arakekwa kwica Umukecuru witwaga Mukarugomwa…
Guverinoma yashimye uruhare rw’idini ya Islam mu kwiyubaka kw’Abanyarwanda
Mu izina rya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, Minisitiri w'Ubutegetsi bw'igihugu,…
Uwanzwe ni we ukura! Kiyovu yirwanyeho i Musanze
Nyuma yo gutegwa imitego itagira uko ingana, ikipe ya Kiyovu Sports yatsindiye…
Kambogo wegujwe ku buyobozi yasabye imbabazi
Uwahoze ayobora Akarere ka Rubavu, Kambogo Ildephonse, yasabye imbabazi ku makosa akomeye…
Bugesera: Abananiwe kwifata basabye ko udukingirizo tugera ku Mudugudu
Bamwe mu rubyiruko rwo mu cyaro cy'Akarere ka Bugesera, bifuza ko ku…
Umunyamakuru uzwi cyane muri Uganda yarasiwe mu modoka ye
Polisi ya Uganda yatangaje ko Umunyamakuru Tusubilwa Ibrahim, uzwi nka Isma Olaxes,…
Rwamagana: Umugore yapfiriye mu kirombe
Mukamurara Valentine w'imyaka 57 yapfiriye mu kirombe gicukurwamo amabuye giherereye mu Karere…
Abaturage bivuriza ku Kigo Nderabuzima cya Rwinzuki barahangayika iyo bakeneye ‘ambulance’
Rusizi: Imyaka umunani irashize ikigo Nderabuzima cya Rwinzuki mu murenge wa Nzahaha…