Inkuru Nyamukuru

Hari ubwo umara gatatu utarakora ku munwa- Abatuye i Mayange barataka inzara

Mu Murenge wa Mayange mu Karere ka Bugesera, abaturage bahangayikishijwe n'ibura ry'ibiribwa,

Inama y’i Bujumbura yanzuye iki ku bibazo byo muri Congo?

Kuri uyu wa Mbere nibwo Leta y’u Burundi yasohoye imyanzuro ijyanye n’inama

Umu Jenerali uruta abandi mu Burundi yinjijwe gereza irinzwe cyane

Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Jenerali ukomeye ku butegetsi bwa Petero Nkurunziza, akaba

PNL: Ibintu bitanu byaranze umunsi wa 28

Kimwe muri byinshi byaranze imikino y'umunsi wa 28 wa shampiyona y'icyiciro cya

P. Kagame agaragaza ubushake bwo gukemura ibibazo bya Congo – João Lourenço

Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano muri RD.Congo,

Tuzize umutwererano twahawe na RGB! Aba-Rayons barubiye

Abakunzi b'ikipe ya Rayon Sports, bakomeje kugaragaza ko bashenguwe bikomeye no gutsindwa

Ingabo z’uRwanda ziri Mozambique zashimiwe

Ku cyumweru tatiki ya 7 Gicurasi 2023,Umuyobozi Mukuru w’Ingabo z’igihugu cya Mozambique,

Ruhango: Umukozi wo mu rugo arakekwaho kwica Nyirabuja

Umukozi wo mu rugo witwa Dusabimana Emmanuel  arakekwa kwica Umukecuru witwaga Mukarugomwa

Guverinoma yashimye uruhare rw’idini ya Islam mu kwiyubaka kw’Abanyarwanda

Mu izina rya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, Minisitiri w'Ubutegetsi bw'igihugu,

Uwanzwe ni we ukura! Kiyovu yirwanyeho i Musanze

Nyuma yo gutegwa imitego itagira uko ingana, ikipe ya Kiyovu Sports yatsindiye

Kambogo wegujwe ku buyobozi yasabye imbabazi

Uwahoze ayobora Akarere ka Rubavu, Kambogo Ildephonse, yasabye imbabazi ku makosa akomeye

Bugesera: Abananiwe kwifata basabye ko udukingirizo tugera ku Mudugudu

Bamwe mu rubyiruko rwo  mu cyaro cy'Akarere  ka Bugesera, bifuza ko ku

Umunyamakuru uzwi cyane muri Uganda yarasiwe mu modoka ye

Polisi ya Uganda yatangaje ko Umunyamakuru Tusubilwa Ibrahim, uzwi nka Isma Olaxes,

Rwamagana: Umugore yapfiriye mu kirombe 

Mukamurara Valentine w'imyaka 57 yapfiriye mu kirombe gicukurwamo amabuye giherereye mu Karere

 Abaturage bivuriza ku Kigo Nderabuzima cya Rwinzuki barahangayika iyo bakeneye ‘ambulance’

Rusizi: Imyaka umunani irashize ikigo Nderabuzima cya Rwinzuki mu murenge wa Nzahaha