Inkuru Nyamukuru

Abandi bakomando b’Abarundi bageze muri Congo

Igihugu cy’u Burundi cyohereje izindi ngabo mu burasirazuba bwa Congo, mu rwego

Gianni Infantino yongeye gutorerwa kuyobora FIFA

Mu Nama y'Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry'Umupira w'Amaguru ku Isi, FIFA, abanyamuryango ba ryo

Rukarakara, imari ishyushye mu gufasha abanyarusizi kwigondera inzu zo guturamo

Kuri ubu amatafari ya rukarakara ni imwe mu mari zishyushye zigezweho mu

Huye: Umusore yakubiswe n’inkuba ari kumwe na mushiki we

Umusore w'imyaka 24 y'amavuko yakubiswe n'inkuba mu mvura nkeya yarimo kugwa, we

Perezida Kagame yaconze ruhago mu kwishimira ko Stade ya Kigali yitiriwe Pelé

Ubusanzwe Perezida Paul Kagame amenyerewe mu kibuga akina Tennis cyangwa basketball, uyu

Leta igiye gushyiraho gahunda izakura mu bukene abarenga ibihumbi 400

Minisitiri y'Ubutegetsi bw'Igihugu ivuga ko hari  gahunda ikomatanyije igamije gukura mu bukene

Ruhango: Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Kinihira buvuga ko bwamenye amakuru ko hari umubiri w'umuntu

Inkuba yakubise abantu babiri barimo umwana w’imyaka 4

Gakenke: Inkuba yakubise abantu babiri barapfa, ndetse umwe arakomereka, mu bapfuye harimo

Kagame ntashyigikiye ko iteka abakinnyi ba Afurika bajya gushaka amaronko i Burayi

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko adashyikiye uburyo abakinnyi bo muri

Umugenzi yapfuye amaze gukatisha itike muri gare ya Nyabugogo

Umugabo uri mu kigero cy'imyaka 35 yapfuye urupfu rutunguranye muri gare ya

Ni gute Perezida Paul Kagame yakiriye igihembo yahawe na CAF

Ibihembo by'ababaye indashyikirwa mu guteza imbere umupira w'amaguru muri Africa (no ku

Ruhango: Habonetse umubiri bikekwa ko ari uwazize Jenoside

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango, buvuga ko hari umubiri

Rubavu: Ubwoba ni bwose ku tumashini twumutsa inzara dushobora gutera kanseri

Abatuye akarere ka Rubavu bakoresha utumashini twifashishwa mu kumutsa inzara zasizwe imiti

Minisitiri wo muri Congo yavuze ko bahanganye n’ibisirikare 3

Kuva mu mpera z’umwaka ushize, imirwano yakajije umurego mu burasirazuba bwa Congo,

Gasabo: Abagore bahawe gaz zo kubafasha kwihutisha imirimo yo mu rugo

Réseau des Femmes Oeuvrant pour le Développement Rural itangaza ko guha abagore