INKURU ZO MU NTARA

Ruhango: Urubyiruko rwasabwe kugira uruhare mu gukumira ibyaha

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakomeje ubukangurambaga bugamije gushishikariza abaturage, by’umwihariko urubyiruko, kugira uruhare mu kwirinda no gukumira…

Barera abana “badafite ubitaho” badategereje inyungu – ba Malayika Murinzi babishimiwe

Muhanga: Inzego zitandukanye z'Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga zashimiye ba Malayika Murinzi umusanzu batanga wo kurerera abana mu muryango. Babivuze mu…

Umusore w’Imyaka 17 birakekwa ko yaba yiyahuye

Ruhango: Umuhungu uri mu kigero cy'imyaka 17 y'amavuko birakekwa ko yapfuye yiyahuye akoresheje imiti, ubuyobozi buvuga ko nta raporo y'amakimbirane…

Inzoga yakoze ibara muri Nyabihu aho bikekwa ko yishe abantu 6

Nyabihu: Abantu batandatu byemejwe ko bapfuye abandi babiri barembeye kwa muganga, ubuyobozi burasaba abaturage kwirinda kunywa ibyo babonye byose. Mu…

Kamonyi: Biteguye umusaruro mu murikabikorwa ry’iminsi 10

Umuyobozi w'Akarere ka Kamonyi Dr Nahayo Sylvère yabwiye UMUSEKE ko imurikabikorwa batangije rizarangira abaturage bakirigita ifaranga. Imurikabikorwa ry'iminsi 10  ryateguwe…

Amakimbirane y’umwana na se yatwaye ubuzima bw’umwe muri bo

Gisagara: Umusore w’imyaka 18 y’amavuko witwa Habumugisha Christian arakekwa kwicisha se umuhini amuhora ibyo yise gusesagura umutungo w'urugo. Ibi byabereye…

- Advertisement -
Ad image