INKURU ZO MU NTARA

Ruhango: Batangiye kuvugurura amashuri ashaje akaba icyitegererezo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango buvuga ko bwatangiye gusana amashuri ashaje bukayashyira mu mashuri y’icyitegererezo. Iki gikorwa cyo gusana amashuri ashaje,…

Nyabarongo yakomye mu nkokora urujya n’uruza ku muhanda Muhanga – Ngororero

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Rugendabari mu Karere ka Muhanga buvuga ko amazi y’umugezi wa Nyabarongo yasendereye mu Muhanda ahagarika imodoka zavaga…

Ivomo rusange rimaze imyaka 3 rifunze kandi amazi arimo, “bamwe mu baturage bayobotse ibishanga”

Nyamasheke: Hashize imyaka 3 ivomo rusange rifunze kandi amazi arimo, ngo uwarivomeshaga yagejeje amazi iwe, atwara urufunguzo, abandi barikoreshaga ubu…

Ruhango na Nyaruguru byagabanyije igwingira mu bana bato, Kamonyi yasubiye inyuma

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango Uwimana Consolée yashimiye Akarere ka Nyaruguru ko kagabanyije igwingira ku kigero cya 17%, anenga Kamonyi, Nyamagabe…

Miliyoni 9 z’amadolari zigiye gushorwa muri “Green Amayaga”

Umushinga wo kubungabunga Umuhora Nyungwe–Ruhango binyuze muri gahunda ya Green Amayaga ugiye gushorwamo miliyoni 9 z’amadolari y’Amerika mu gihe cy’imyaka…

Abantu babiri barohamye mu masaha yegeranye

Karongi - Abantu babiri bo mu Murenge wa Rubengera barohamye mu masaha yegeranye, mu gihe kitarenze ibyumweru bibiri muri aka…

- Advertisement -
Ad image