Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakomeje ubukangurambaga bugamije gushishikariza abaturage, by’umwihariko urubyiruko, kugira uruhare mu kwirinda no gukumira…
Muhanga: Inzego zitandukanye z'Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga zashimiye ba Malayika Murinzi umusanzu batanga wo kurerera abana mu muryango. Babivuze mu…
Ruhango: Umuhungu uri mu kigero cy'imyaka 17 y'amavuko birakekwa ko yapfuye yiyahuye akoresheje imiti, ubuyobozi buvuga ko nta raporo y'amakimbirane…
Nyabihu: Abantu batandatu byemejwe ko bapfuye abandi babiri barembeye kwa muganga, ubuyobozi burasaba abaturage kwirinda kunywa ibyo babonye byose. Mu…
Umuyobozi w'Akarere ka Kamonyi Dr Nahayo Sylvère yabwiye UMUSEKE ko imurikabikorwa batangije rizarangira abaturage bakirigita ifaranga. Imurikabikorwa ry'iminsi 10 ryateguwe…
Gisagara: Umusore w’imyaka 18 y’amavuko witwa Habumugisha Christian arakekwa kwicisha se umuhini amuhora ibyo yise gusesagura umutungo w'urugo. Ibi byabereye…
Sign in to your account