INKURU ZO MU NTARA

Muhanga: Bagabanyije ubukene ku kigero cya 15,0%

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko EICV7 igaragaza ko kugabanya ubukene byavuye kuri 33,2% ubu icyo gipimo kikaba kigeze kuri…

Umusore wacitse inzego z’umutekano basanze yarapfuye

Gisagara: Byukusenge Damien w’imyaka 22 y’amavuko, ukekwaho kwica se witwa Manirahari Jean Marie Vianney, nyuma yo gucika inzego zamuhigaga bukware,…

Imiryango 16 yorojwe inka zihaka

Nyaruguru: Imiryango 16 yo mu karere ka Nyaruguru yorojwe inka, ubuyobozi bwabasabye na bo kuzoroza indi miryango izo nka nizibyara.…

Musanze: Abanyamahanga bakekwaho urugomo batawe muri yombi

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abanyamahanga umunani, mu Karere…

Umwuzukuru arakekwaho kwica nyirakuru w’imyaka 93

Muhanga: Nyirabatutsi Thèrese w'imyaka 93 y'amavuko bikekwa ko yishwe n'umwuzukuru we Ukwizagira Védaste w'imyaka 32 y'amavuko usanzwe afite uburwayi bwo…

Abantu 9 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka

Kamonyi: Impanuka y'imodoka ebyeri zo mu bwoko bwa Minibisi (Minibus) yakomerekeyemo abantu icyenda bavaga i Kigali n'abavaga i Muhanga. Umunyamabanga Nshingwabikorwa…

- Advertisement -
Ad image