Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko EICV7 igaragaza ko kugabanya ubukene byavuye kuri 33,2% ubu icyo gipimo kikaba kigeze kuri…
Gisagara: Byukusenge Damien w’imyaka 22 y’amavuko, ukekwaho kwica se witwa Manirahari Jean Marie Vianney, nyuma yo gucika inzego zamuhigaga bukware,…
Nyaruguru: Imiryango 16 yo mu karere ka Nyaruguru yorojwe inka, ubuyobozi bwabasabye na bo kuzoroza indi miryango izo nka nizibyara.…
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abanyamahanga umunani, mu Karere…
Muhanga: Nyirabatutsi Thèrese w'imyaka 93 y'amavuko bikekwa ko yishwe n'umwuzukuru we Ukwizagira Védaste w'imyaka 32 y'amavuko usanzwe afite uburwayi bwo…
Kamonyi: Impanuka y'imodoka ebyeri zo mu bwoko bwa Minibisi (Minibus) yakomerekeyemo abantu icyenda bavaga i Kigali n'abavaga i Muhanga. Umunyamabanga Nshingwabikorwa…
Sign in to your account