INKURU ZO MU NTARA

Bugesera: Bibukijwe ko agakingirizo ari ingabo ikingira kwandura SIDA

Abatuye Akarere ka Bugesera bibukijwe ko icyorezo cya SIDA kigihari, aho urubyiruko n’abakuze bakanguriwe gukomeza gukoresha agakingirizo kugira ngo bayirinde…

GUKOSORA: Hari imbogamizi ku mafaranga asabwa abakomerekejwe batishoboye

Ngororero: Bamwe mu bahesha b’Inkiko batari ab’umwuga babwiye Abasenateri ko abakorewe ihohoterwa, (gukomeretswa) batishoboye bajya bahabwa ibipimo byo kwa Muganga ku…

Umwana we yatewe ubumuga bukomatanye n’umuturanyi “wamutsindagiye mu bwiherero”

Rusizi: Arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we, no kwita ku bandi 6 afite, nyuma yo gusigara iheru heru avuza umwana…

Ruhango: Barashimira umushinga wabahinduriye ubuzima

Imwe mu miryango yo mu Murenge wa Byimana irashima ko itakigorwa no kubona amazi n’ibicanwa, nyuma yo guhabwa ibigega bifata…

Inkuru y’umwana wahoraga ashaka kumenya Se yarangiye mu marira

Umwana w’imyaka 12 yasanzwe mu mugozi amerewe nabi, abamutabaye bamujyanye kwa muganga apfa akigera ku Kigo Nderabuzima. Byabereye mu Karere…

Rulindo: Green Party igiye kwegera abarwanashyaka bayo mu mirenge

Ishyaka rya Green Party Rwanda ryahuguye abayobozi baryo ku rwego rw’Akarere ka Rulindo, bategurirwa kujya guhugura bagenzi babo bo ku…

- Advertisement -
Ad image