INKURU ZO MU NTARA

Gicumbi: Miliyoni 22 Frw zigiye guhindura imibereho y’abaturage

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gicumbi bagize Ihuriro ry’Iterambere ry’Umurenge wa Rukomo kuwa 20 Kamena 2026, bishatsemo ubushobozi…

Bafatiwe mu isoko bagurisha inka z’inyibano

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yafashe abagabo batatu bakekwaho ubujura bw’inka zirindwi, nyuma yo kuzifatanwa mu Karere ka…

Gakenke: Urubyiruko ruracyari mbarwa mu buhinzi

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke bwagaragarijwe impungenge z’ubwitabire bukiri hasi bw’urubyiruko mu buhinzi, busaba ababyeyi kubatera inkunga harimo kubatiza ubutaka kugira…

Kamonyi: Imiryango irenga 100 yorojwe amatungo, iyabanaga binyuranyije n’amategeko irasezerana

Mu Karere ka Kamonyi, imiryango 95 yo mu Murenge wa Nyamiyaga yorojwe ihene, indi 16 yo mu Murenge wa Gacurabwenge…

Ruhango: Urubyiruko rwasabwe kugira uruhare mu gukumira ibyaha

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakomeje ubukangurambaga bugamije gushishikariza abaturage, by’umwihariko urubyiruko, kugira uruhare mu kwirinda no gukumira…

Barera abana “badafite ubitaho” badategereje inyungu – ba Malayika Murinzi babishimiwe

Muhanga: Inzego zitandukanye z'Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga zashimiye ba Malayika Murinzi umusanzu batanga wo kurerera abana mu muryango. Babivuze mu…

- Advertisement -
Ad image