INKURU ZO MU NTARA

Umusore w’Imyaka 17 birakekwa ko yaba yiyahuye

Ruhango: Umuhungu uri mu kigero cy'imyaka 17 y'amavuko birakekwa ko yapfuye yiyahuye akoresheje imiti, ubuyobozi buvuga ko nta raporo y'amakimbirane…

Inzoga yakoze ibara muri Nyabihu aho bikekwa ko yishe abantu 6

Nyabihu: Abantu batandatu byemejwe ko bapfuye abandi babiri barembeye kwa muganga, ubuyobozi burasaba abaturage kwirinda kunywa ibyo babonye byose. Mu…

Kamonyi: Biteguye umusaruro mu murikabikorwa ry’iminsi 10

Umuyobozi w'Akarere ka Kamonyi Dr Nahayo Sylvère yabwiye UMUSEKE ko imurikabikorwa batangije rizarangira abaturage bakirigita ifaranga. Imurikabikorwa ry'iminsi 10  ryateguwe…

Amakimbirane y’umwana na se yatwaye ubuzima bw’umwe muri bo

Gisagara: Umusore w’imyaka 18 y’amavuko witwa Habumugisha Christian arakekwa kwicisha se umuhini amuhora ibyo yise gusesagura umutungo w'urugo. Ibi byabereye…

Ibitaro bya Nyanza byanenze abaganga bakoze jenoside

Ubuyobozi bw'ibitaro by'akarere ka Nyanza bwanenze abaganga bo muri biriya bitaro bakoze jenoside bakica abo bari bashinzwe gukiza (kuvura). Ibitaro…

Umugore yateze moto ayivuyeho ahita apfa

Umugore bikekwa ko yari avuye ku muvuzi gakondo agatega moto avayo yerekeza iwabo, igihe yari avuye kuri moto ategereje imodoka…

- Advertisement -
Ad image