INKURU ZO MU NTARA

Byarenze kurengera ibidukikije biba isoko y’amafaranga: Green Gicumbi yasize benshi bamwenyura

Umushinga wa Green Gicumbi wita ku bidukikije wasoje imirimo yawo ku mugaragaro, nyuma y’imyaka 6 wari umaze ukora ibikorwa binyuranye…

Minisitiri w’Intebe yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa  Ntarama

Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva n’abakozi bakorera muri za Minisiteri n’Ibigo bikorera mu nyubako y’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, basuye Urwibutso…

Yahinduye uruganda rwa kawunga urw’inzoga zitujuje ubuziranenge

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y'Amajyepfo mu Karere ka Nyamagabe yamennye litiro zisaga ibihumbi 20 z’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge byafatiwe…

Gisagara: Abantu bafite ubumuga bitabwaho byihariye mu bagizweho ingaruka n’ibiza

Ubuyobozi bw'Akarere ka Gisagara buvuga ko kuri ubu mu gihe cyo gutanga amakuru y'abagizweho ingaruka n'ibiza, ibyiciro by'abantu bafite ubumuga…

Umugabo akurikiranyweho kwica umwana we

Huye: Umugabo w’imyaka 43 wo mu karere ka Huye akurikiranyweho kwica umuhungu we w’imyaka 21 amukubise umuhini. Icyaha akurikiranyweho cyakozwe…

Ibyamenyekanye ku musore w’imyaka 19 warohamye mu mugezi

Kamonyi: Sindayigaya Cyprien w’Imyaka 19 y’amavuko yaguye mu Mugezi, bagakeka ko yabitewe n’uburwayi bw’igicuri amaranye imyaka itatu. Sindayigaya Cyprien n’umubyeyi…

- Advertisement -
Ad image