INKURU ZO MU NTARA

Imiryango 16 yorojwe inka zihaka

Nyaruguru: Imiryango 16 yo mu karere ka Nyaruguru yorojwe inka, ubuyobozi bwabasabye na bo kuzoroza indi miryango izo nka nizibyara.…

Musanze: Abanyamahanga bakekwaho urugomo batawe muri yombi

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abanyamahanga umunani, mu Karere…

Umwuzukuru arakekwaho kwica nyirakuru w’imyaka 93

Muhanga: Nyirabatutsi Thèrese w'imyaka 93 y'amavuko bikekwa ko yishwe n'umwuzukuru we Ukwizagira Védaste w'imyaka 32 y'amavuko usanzwe afite uburwayi bwo…

Abantu 9 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka

Kamonyi: Impanuka y'imodoka ebyeri zo mu bwoko bwa Minibisi (Minibus) yakomerekeyemo abantu icyenda bavaga i Kigali n'abavaga i Muhanga. Umunyamabanga Nshingwabikorwa…

Umurambo w’umwana wabanaga na Sekuru wasanzwe ku mucanga

Kamonyi: Ubuyobozi bw'Umurenge wa Mugina, buvuga ko bwakiriye amakuru avuga ko hari umurambo w'umwana basanze ku birundo by'umucanga. Inkuru y'urupfu…

Polisi yasabye urubyiruko kugira uruhare rugaragara mu gukumira ibyaha

Muhanga: Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakanguriye urubyiruko by’umwihariko urw’abakorerabushake gukomeza kugira uruhare mu bikorwa byo gukumira ibyaha,…

- Advertisement -
Ad image