INKURU ZO MU NTARA

Umwana we yatewe ubumuga bukomatanye n’umuturanyi “wamutsindagiye mu bwiherero”

Rusizi: Arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we, no kwita ku bandi 6 afite, nyuma yo gusigara iheru heru avuza umwana…

Ruhango: Barashimira umushinga wabahinduriye ubuzima

Imwe mu miryango yo mu Murenge wa Byimana irashima ko itakigorwa no kubona amazi n’ibicanwa, nyuma yo guhabwa ibigega bifata…

Inkuru y’umwana wahoraga ashaka kumenya Se yarangiye mu marira

Umwana w’imyaka 12 yasanzwe mu mugozi amerewe nabi, abamutabaye bamujyanye kwa muganga apfa akigera ku Kigo Nderabuzima. Byabereye mu Karere…

Rulindo: Green Party igiye kwegera abarwanashyaka bayo mu mirenge

Ishyaka rya Green Party Rwanda ryahuguye abayobozi baryo ku rwego rw’Akarere ka Rulindo, bategurirwa kujya guhugura bagenzi babo bo ku…

Rubavu: Hari gutunganywa “site” z’imiturire zisaga 80

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba buratangaza ko hari gutunganywa "site" zirenga 80 zitezweho kunoza imiturire, gucunga neza ubutaka…

Ubusinzi bukabije n’ubujura birateza amakimbirane mu muryango

Rusizi: Ubusinzi bukabije n’ubujura ngo niyo ntandaro y’amakimbirane no kwamburana ubuzima bivugwa mu murenge wa Nkungu. Hari bamwe mu baturage…

- Advertisement -
Ad image