INKURU ZO MU NTARA

Umuyobozi wa RP Huye College yanenze abasirikare bakoze jenoside

Ubuyobozi bwa Politekiniki y'u Rwanda ishami rya Huye (RP Huye College) bwanenze abasirikare bize mu ishuri ryahoze ryitwa (ESO) bakoze…

Itorero ADEPR ryashyikirije icumbi abarokotse Jenoside batishoboye

Kamonyi: Ubuyobozi bw'Itorero ADEPR mu Ntara y'Amajyepfo n'Inzego z'Ubuyobozi bwa Leta batashye inzu zubakiwe abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994…

Gakenke: Amarerero yatanze ibisubizo mu kurwanya igwingira

Hirya no hino mu gihugu hagenda hubakwa amarerero y’abana bato mu rwego rwo gufasha ababyeyi kumenya gutegura indyo yuzuye ndetse…

Nyamagabe: Ababyeyi bashimira uruhare rw’ingo mbonezamikurire mu mikurire y’abana

Nyamagabe: Ababyeyi batuye mu karere ka Nyamagabe bafite abana mu ngo mbonezamikurire, bavuga ko zikomeje gufasha abo bana kugira imikurire…

Muhanga: Bagabanyije ubukene ku kigero cya 15,0%

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko EICV7 igaragaza ko kugabanya ubukene byavuye kuri 33,2% ubu icyo gipimo kikaba kigeze kuri…

Umusore wacitse inzego z’umutekano basanze yarapfuye

Gisagara: Byukusenge Damien w’imyaka 22 y’amavuko, ukekwaho kwica se witwa Manirahari Jean Marie Vianney, nyuma yo gucika inzego zamuhigaga bukware,…

- Advertisement -
Ad image