INKURU ZO MU NTARA

Inzu ya Nyirabahinzi yenda kumugwaho – imvura iyo iguye arahunga akugama hanze

Abaturage bo mu mudugudu wa Karambo, akagari ka Shagasha umurenge wa Gihundwe, baratabariza umturanyi wabo witwa Nyirabahinzi Laurence w’imyaka irenga…

Urubyiruko rw’i Burera rwasabwe kurya akagabuye

Urubyiruko rwo mu Karere ka Burera, by’umwihariko abatuye mu Mirenge ikora ku mupaka, rwakanguriwe gutungwa n’ibyo rwavunikiye aho kwishora mu…

Inkuru y’umugabo wafatiye mugenzi we “hejuru y’umugore we” yarangiye nabi

Rubavu: Umugabo witwa Ntakirutimana aravugwaho gukubita no gukomeretsa umugabo yasanze aryamanye n'umugore we, ubuyobozi bugasaba abaturage kwirinda kwihanira. Abaturage baganiriye…

Kamonyi: Hatangijwe gahunda bise “Tuganirire mu Mudugudu”

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwatangije gahunda yo kuganira n’umuturage bamusanze ku Mudugudu. Iyi gahunda yihariye yitwa Tuganirire mu Mudugudu, Ubuyobozi…

Ruhango: Urubyiruko ruri ku rugerero rwakoze ibikorwa by’arenga miliyoni 200Frws

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwashimiye urubyiruko ruri ku rugerero rwubatse ibikorwa remezo bitandukanye bifite agaciro ka miliyoni zirenga 200 y’u…

Musirikare yaguye muri kasho ya Polisi

Burera: Umugabo witwa Musirikare Jean wo mu Murenge wa Gahunga babyutse basanga yaguye muri kasho ya Polisi. Ku Cyumweru tariki…

- Advertisement -
Ad image