INKURU ZO MU NTARA

Gitifu uvugwaho “uruhuri rw’amakosa” yirukanwe mu kazi

Nyanza: Umuyobozi yirukanwe bikekwa ko azira guhindura umunsi w'umuganda rusange n'andi makosa yo mu kazi atandukanye. Ni uwari Gitifu w'akagari…

Amakimbirane hagati y’umusore na Se yarangiye umwe ahasize ubuzima

Nyanza: Umusore afunzwe akekwaho kwica se umubyara biturutse ku makimbirane se yari afitanye na nyina n'andi makimbirane yari mu muryango…

Baranyomoza abahimba ko Jenoside yatewe n’urupfu rwa Habyarimana

MUSANZE: Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu Murenge wa Kinigi baranenga ndetse bakananyomoza abahakana n’abagipfobya Jenoside yakorewe Abatutsi,…

Byarenze kurengera ibidukikije biba isoko y’amafaranga: Green Gicumbi yasize benshi bamwenyura

Umushinga wa Green Gicumbi wita ku bidukikije wasoje imirimo yawo ku mugaragaro, nyuma y’imyaka 6 wari umaze ukora ibikorwa binyuranye…

Minisitiri w’Intebe yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa  Ntarama

Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva n’abakozi bakorera muri za Minisiteri n’Ibigo bikorera mu nyubako y’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, basuye Urwibutso…

Yahinduye uruganda rwa kawunga urw’inzoga zitujuje ubuziranenge

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y'Amajyepfo mu Karere ka Nyamagabe yamennye litiro zisaga ibihumbi 20 z’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge byafatiwe…

- Advertisement -
Ad image