INKURU ZO MU NTARA

Depite Beline Uwineza yasabye abagore kudapfusha ubusa amahirwe bahawe

Visi Perezida w’Inteko Ishingamategeko umutwe w’Abadepite,ushinzwe amategeko no kugenzura ibikorwa bya Guveronoma, Beline Uwineza , yasabye abagore bo mu Karere…

Muhanga: Abagabo bibukijwe ko umugore ari ‘Don’t Touch’

Ubwo hizihizwaga Umunsi mpuzamahanga w’Umugore, abagabo bo mu Karere ka amuhanga bibukijwe ko Umugore ari uw’agaciro adakwiriye guhohoterwa n’ibindi bikorwa…

Muhanga: Hafashwe ingamba zo guhashya amakimbirane mu ngo

Inzego zitandukanye z’Akarere ka Muhanga zabwiye abadepite ko hafashwe ingamba zo gukumira no guhashya amakimbirane yo mu Miryango. Inzego zakoranye…

Abasirikare ba RDF basoje amahugurwa yo guhangana n’iterabwoba

Abasirikare n’abofisiye bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) mu Mutwe w’Ingabo Zidasanzwe (Special Operations Force), basoje  amahugurwa y’ibanze yo guhangana…

Uruganda rwatwaye arenga miliyoni 688 Frw rumaze imyaka 13 rudakora

NGORORERO: Abaturage baratakambira inzego bireba ko uruganda rw’imyumbati, rwuzuye rutwaye 688,300,000 Frw, rumaze imyaka 13 rutarafungura imiryango, rwashakirwa ibindi rukora…

Burera: : Hakenewe inzu 430 mu gukemura ikibazo cy’abadafite aho kuba

Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice, yagarutse ku kibazo gikomeye cy'amazu agera kuri 430 akeneye kubakirwa abatishoboye, asobanura ko umuturage ataba…

- Advertisement -
Ad image