Iyobokamana

Byavuye mu iyerekwa! Inkomoko ya Grace Room Ministries yatangijwe na Pasiteri Kabanda

Imyaka itanu irashize Pasiteri Julienne Kabanda atangije umuryango’ Grace Room Minisitries. Ni

Nomthie Sibisi yateguje igitaramo cy’akataraboneka i Kigali

Umuhanzi mu ndirimbo zisingiza Imana ukomoka mu gihugu cya Afurika y'Epfo, Nomthie

Nyaruguru: Hakenewe Miliyari 3.5 Frw yo kwagura ingoro ya Bikiramariya

Diyoseze ya Gikongoro ifite mu nshingano ingoro ya Bikiramariya iri i Kibeho

‘Ni satani wateye Itorero’ Zion Temple ivuga ku bayigumuyeho

Itorero rya Zion Temple Celebration Center, rivuga ko abashatse kweguza umuyobozi Mukuru

Nomthie Sibisi ategerejwe mu gitaramo cya Drups Band i Kigali

Itsinda rya Drups Band rimaze kubaka igikundiro mu ndirimbo zo kuramya no

Abajya gusengera kuri ’Ndabirambiwe’ ubuzima bwabo buri mu kaga

Musanze: Abaturiye umusozi w’amasengesho wo mu Murenge wa Muhoza, wo mu Karere

Itorero Umuriro wa Pentekote ryafunzwe

Itorero Umuriro wa Pentekote ryafunzwe by’agateganyo nk’uko umuseke wabihamirijwe n’umwe mu bayoboke.

Ibintu bitatu ukwiye gukorera umwanzi wawe

Kuba Umukristo bisobanura gukurikiza imibereho, imigirire, imico n’inyigisho bya Yesu, wagaragaje urukundo

Umu-Hadji yishinganishije kuri Perezida Paul Kagame

Al Hadji Rubangisa Sulaiman washinze ikinyamakuru Dawa Rwanda TV akaba n'umunyamakuru wa

Kwinjira mu gitaramo cya Shalom Choir yatumiyemo Mbonyi ni ubuntu

Ubuyobozi bwa Shalom Choir yo mu Itorero ADEPR bwatangaje ko kwinjira byagizwe

Abafite ubumuga bwo kutabona bagiye kujya bisomera Bibiliya

Abafite ubumuga bwo kutabona mu Rwanda bakorewe Bibiliya iri mu nyandiko ya

Rwamagana: Abanywaga ibiyobyabwenge bakiriye Yesu

Mu Karere ka Rwamagana, abarenga 1000 bakirijwe mu giterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge

Ruhango: Hatashywe Kiliziya nshya, Perezida Kagame ahabwa impano

Mu muhango wo gutaha Kiliziya nshya ya Paruwasi ya Byimana, Umushumba wa

Ibiciro bya Bibiliya bishobora gutumbagira mu Rwanda

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda utangaza ko mu gihe bitashyirwamo ingufu zifatika

Baganiriye n’ijuru ! Josh Ishimwe yakoze igitaramo cy’amateka -AMAFOTO

Ku Cyumweru tariki 20 Kanama 2023 muri Camp Kigali, Josh Ishimwe yahakoreye