Mu cyaro

Abiga muri UTB bahize gutera ikirenge mu cy’intwari z’u Rwanda

RUHANGO: Urubyiruko rwiga muri Kaminuza y'Ubukerarugendo, Amahoteli, Ikoranabuhanga n'Ubushabitsi, Ishami rya Ruhango

Nyamasheke: Umugabo wishe abagore babiri yarashwe

Umugabo witwa Niyonagize Xavier wo mu Karere ka Nyamasheke yatemye abagore babiri

Muhanga: Impanuka ya ‘Ambulance’ yakomerekeyemo batanu

Imbanguragutabara y'Ibitaro bya Nyabikenke yakoreye impanuka mu Murenge wa Mushishiro ikomerekeramo abantu

Imodoka ya Gitifu wa Giti yahiye irakongoka

Imodoka ya Jean Marie Vianney Bangirana, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Giti ho

Nyanza: Umubyeyi wari muri Kiliziya yasigiye uruhinja Umukirisitu

Umugore yagiye gusenga muri Kiliziya afite umwana amusigira umukirisitu ufite ubumuga arigendera.

Nyabihu: Umusore akurikiranyweho gukorera urugomo uwo basangiye mu Bukwe

Umusore w'imyaka 30 y'amavuko wo mu Mudugudu wa Kiramira ,Akagari ka Ngando,

Muhanga: Abaganga baremye agatima  umubyeyi umaze imyaka 10 mu Bitaro

Abaganga bo mu Kigo cy'Abanyamerika gitanga serivisi z'Ubuzima(Bright Future Superior unique manufacturer

Bugesera: Akanyamuneza ni kose nyuma yo guhabwa amazi meza

Abaturage bo mu Karere ka Bugesera, mu Murenge wa Nyarugenge, bari mu

Kamonyi: Ku munsi w’Intwari batashye inzu mberabyombi

Ku munsi w'Intwari abaturage bo mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa

Gisagara: Hagiye kubakwa urugomero ruzakuba kabiri umusaruro w’ubuhinzi

Ubuyobozi bw'Akarere ka Gisagara butangaza ko umushinga wo kubaka urugomero rufata amazi

Muhanga: Umubyeyi wabyaye impanga z’abana batatu agiye gufashwa

Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga,  wemeye guha ubufasha Umubyeyi wabyaye

Rubavu: Bababazwa no gukora urugendo rurerure bajya kwivuza imidido

Abarwayi b'imidido bo mu Karere ka Rubavu batangaza ko bababazwa no kuba

Amajyepfo: Abantu 13 bakekwaho ubujura bafatiwe mu mukwabo

Polisi y’Igihugu ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, yakoze umukwabu ku bakekwaho ubujura, ifata

Nyanza: Abagizi ba nabi bateye uwishyuza umutekano

Umugabo usanzwe wishyuza amafaranga y’abakora irondo ry'umwuga basanzwe banacunga umutekano, yatewe n’abagizi

Inzu y’umuturage i Rubavu yatobowe n’igisasu cyarasiwe muri Congo

Igisasu cyavuye muri Congo kuri iki cyumweru cyaruhukiye ku nzu y'umuturage i