Muhanga: WASAC igiye kubaka uruganda rw’amazi rwa Miliyari zisaga 4
Ubuyobozi bwa WASAC Group buvuga ko imirimo yo kubaka uruganda rutunganya amazi…
Ruhango: Hagaragajwe akamaro k’ubukerarugendo bushingiye ku Iyobokamana
Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango bwagaragaje inyungu abacuruzi bakura mu bukerarugendo bushingiye ku…
Breaking: Abarwanyi ba FDLR bishyikirije inzego z’umutekano mu Rwanda
Abarwanyi batatu bari mu mutwe wa FDLR bakerakera mu mashyamba yo muri…
Rusizi: Inzu yafashwe n’inkongi hakekwa Gaz
Mu Mudugudu wa Murindi, Akagari ka Ruganda mu Murenge wa Kamembe, Akarere…
Umugabo arashakishwa nyuma yo gutema umuturanyi we
Nyanza: Umugabo arashakihwa nyuma yo gutema umuturanyi we amuziza ko umugore we…
Nyaruguru: Hari abaturage bamaze igihe mu kizima
Abaturage bo mu Midugudu ya Kabilizi n’Umurambi, mu Kagari ka Ntwali mu…
Muhanga: Ababyeyi bashimira Polisi yafashije abana babo kugera ku Ishuri
Bamwe mu babyeyi barerera mu bigo bitandukanye byo mu Ntara y'Amajyepfo bashimira…
Muhanga: Abikorera basanga kwishyirahamwe byihutisha iterambere
Abikorera bo mu Karere ka Muhanga, bavuga ko ukwishyirahamwe aribyo bizatuma Iterambere…
Ruhango: Umusore w’imyaka 28 yasanzwe mu mugozi yapfuye
Ayishakiye Jean Paul w'Imyaka 28 y'amavuko wo mu Karere ka Ruhango yasanzwe…
Amajyepfo: Imibiri isaga 13000 igiye kuvanwa mu nzibutso zidatunganijwe
Guverineri w'Intara y'Amajyepfo Kayitesi Alice avuga ko hari imibiri isaga 13000 y'abazize…
Ruhango: PSF yateguye ahantu ho kurira ubuzima
Ihuriro ry'abikorera mu Karere ka Ruhango ryageneye abo ribereye abayobozi n'abaturage muri…
Gicumbi: Urubyiruko runengwa kutitabira Inteko Rusange z’Abaturage
Ubuyobozi bw' Akarere ka Gicumbi buhangayikishijwe n' umubare w' urubyiruko rwitabira Inteko…
Rusizi: Imbamutima z’umubyeyi wabyaye abana batatu kuri Noheli
Mu karere ka Rusizi, kuwa Gatatu tariki ya 25 Ukuboza 2024,kuri Noheli,…
Nyamasheke: Abagabo babiri bafatanywe ihene bamaze kuyikuraho uruhu
Nsengimana François w’imyaka 32 na Niyomwungeri Olivier nawe w’imyaka 18, bafatanywe ihene,…
Kamonyi: Igwingira mu bana ryagabanutse ku kigereranyo cya 11%
Imibare itangwa n'Inzego zitandukanye hamwe n'abafatanyabikorwa, igaragaza ko igwingira mu bana mu…
Niba bashaka kumenya aho abasirikare bacu bari bazambaze – Gen Nkubito
Umuyobozi w'ingabo z'u Rwanda mu Ntara y'Iburengerazuba, Maj Gen Nkubito Eugene yasabye…
Musanze: ‘Abasherisheri’ bari kugura ubutaka bwo ku Birwa nk’abagura amasuka
Abaturage batuye mu Birwa bya Ruhondo mu Murenge wa Gashaki mu Karere…
Ruhango: Hatashywe ikiraro cyatwaye arenga Miliyoni 81Frw
Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango bwatashye ikiraro gihuza Umurenge wa Ntongwe ho mu…
Amashuri yasabwe gushimangira ko Huye ari igicumbi cy’uburezi
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye bwasabye ibigo by'amashuri byo muri ako Karere gushimangira…
Nyamasheke: Bahangayikishijwe n’ibyumba by’amashuri bishaje
Abarimu n'abanyeshuri bo mu karere ka Nyamasheke bafite impungenge z’uko ibyumba by'amashuri…
Ruhango: Guverineri yamaganye umwanzuro wo kwegurira ibirombe umushoramari umwe
Guverineri w'Intara y'Amajyepfo, Kayitesi Alice, yahakaniye Inama Njyanama y'Akarere ka Ruhango idasanzwe…
Umunyeshuri wa Kayonza Modern School birakekwa ko yiyahuye
Ku ishuri rya Kayonza Modern School haravugwa urupfu rw’umunyeshuri wigaga mu mwaka…
Gicumbi: Biyemeje guhangana n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abana
Ubuyobozi bw'umurenge wa Giti ku bufatanye n'inzego zitandukanye, bahagurukiye ikibazo cy'abagabo basambanya…
Abashoramari basabwe kutarutisha abakozi amafaranga
Komisiyo y'Igihugu y'Uburenganzira bwa muntu irasaba abanyenganda, abakora ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro na…
Ruhango: Imiryango 268 yabanaga mu buryo butemewe yasezeranye
Ubukangurambaga bwakozwe n'Ubuyobozi bw'Akarere, bwatumye abagera kuri 268 babanaga mu buryo bunyuranije…
Abahinze imboga ku bigo by’amashuri barashima umusaruro bitanga
Bimwe mu bigo by’amashuri byo Turere twa Kayonza na Nyagatare byitabiriye guhinga…
Nyanza: Ishuri ryibwe ibiribwa umuzamu aburirwa irengero
Ishuri ryo mu karere ka Nyanza ryibwe ibiribwa maze umuzamu we aburirwa…
Ahingira ikigo kugira ngo abana be barye ku ishuri batekanye
Mu gihe Leta y'u Rwanda ishishakariza ababyeyi gutanga umusanzu wo gutuma abanyeshuri…
Mu mugezi wa Kibirira habonetsemo umurambo w’umugore
Ngororero: Umukecuru witwa Nyirabagande Ernestine w'imyaka 58 y'amavuko wo mu Karere ka…
I Burengerazuba: Ba Mudugudu biyemeje gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina
Abayobozi b’Imidugudu bo mu Ntara y’Iburengerazuba, basobanuriwe uko bakumira ihohoterwa rishingiye ku…