Ubukungu

Ibirango n’ibyemezo by’ubuziranenge bizajya bimara imyaka itanu

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (Minicom) yatangaje ko uhereye tariki ya 6 Mutarama 2025,

Perezida Kagame yasinye itegeko rizamura imisanzu y’ubwiteganyirize bwa pansiyo

Komisiyo ishinzwe kuvugurura amategeko yatangaje itegeko teka rya Perezida wa Repubulika rizamura

Ingufu Gin Ltd yatanze ubwasisi, yibutsa abantu kutanywera inzoga mu nda nsa

Binyuze mu kiganiro "Ni nde urusha undi?" cya BTN TV, uruganda rutunganya

Uburengerazuba: Abikorera basabwe kubyaza umusaruro amahirwe bafite mu ntara yabo

Ubuyobozi bw’Ikigega gitanga inguzanyo ku mishinga mito n’iciriritse (BDF), bwasabye abikorera mu

Amajyaruguru: Basabwe kugana ibigo y’imari aho kumarira utwabo muri Banki Ramberi

Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice, yasabye abaturage kugana ibigo by'imari n'amabanki ,

Musanze: Akarere kaciye impaka ku mwiryane wari uri mu barema amasoko y’ibiribwa

Kuva isoko rishya ry'ibiribwa rya Kariyeri rikorera mu mujyi wa Musanze ryakuzura,

Abafite ubumuga baragaragaza ko inzira zo kubona akazi zigifunganye

Mu gihe Leta y’u Rwanda yimakaje gahunda y'iterambere ridaheza, bamwe mu bafite

Huye: Abafatanyabikorwa bashoye miliyari6Frw mu ngengo y’imari iheruka

Abafatanyabikorwa mu iterambere ry'akarere ka Huye (JADF) batanze miliyari esheshatu mu mafaranga

Kicukiro: Abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bahinduriwe ubuzima

Abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bakora mu ruganda rutunganya amata n’ibiyakomokaho

U Budage bwemereye u Rwanda  Miliyari zisaga 30 Frw

Guverinoma y’u Budage yemeye gutera u Rwanda inkunga y’asaga miliyari 30 Frw,

Rubavu: Hateguwe imurikagurisha rizitabirwa n’abarimo Abanye-Congo

Ubuyobozi bw’urugaga  rw’abikorera mu Ntara y’Iburengerazuba buratangaza ko bwateguye imurikagurisha  Mpuzamahanga ry’Ubucuruzi,

Umunyarwenya Steve Harvey agiye gushora imari mu Rwanda  

U Rwanda rwagiranye amasezerano y’imikoranire n’Ikigo BILT LLC cy’Icyamamare mu rwenya, Steve

Kigali: Hagaragajwe umusaruro w’Ikoranabuhanga mu gutanga serivisi

Umuyobozi Mukuru Ushinzwe Ishami ryo guhanga udushya n’ikoranabuhanga muri  Minisiteri y'Ikoranabuhanga na

Musanze: Barishimira ko amashuri y’imyuga begerejwe yakuye abana mu bubandi

Bamwe mu babyeyi batuye mu bice by'icyaro mu Karere ka Musanze, bahamya

Nyanza: Abarangije imyuga bahawe ibikoresho bifite agaciro ka Miliyoni 55 Frw

Abarihiwe amashuri y'imyuga ariyo ubwubatsi, kudoda, banahawe ibikoresho ry'ibyo bize basabwa kubibyaza