Ubukungu

Kigali: COVID-19 yagize ingaruka ku bucuruzi buto butariyubaka

Mu Mujyi wa Kigali, ubucuruzi buto n’ubuciriritse buvuka ari bwinshi ariko gufunga

Covid-19: Umugore wo muri COOPAV yinjizaga Frw 300, 000 ku kwezi, ubu nta na Frw 10, 000 abona

Abanyamuryango ba Koperative COOPAV y'abagore bakora ubukorikori bwo kubaho imitako, mu Karere

Muhanga: Karubera ufite uruganda rutunganya Divayi arataka igihombo yatewe na COVID-19

Karubera Belina wo mu Mudugudu wa Nyagasozi, Akagari ka Gasave, mu Murenge

Kigali: Abacuruzi b’imyenda y’abageni bararira ayo kwarika kubera igihombo batewe na Covid-19

Mu gihe bamwe mu bacuruzi hirya no hino bagaragaza ko kubera gukora

Rubavu: Hari abakoraga ubucuruzi buciriritse bwambukiranya imipaka bataka ubukene kubera Covid-19

Abakoraga ubucuruzi buciriritse bwambukiranya imipaka bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko

Rubavu: Abacuruzi b’ibiribwa barasaba Leta kubagoboka kubera ibihombo batewe na Covid-19

Abacuruzi b'ibiribwa bakorera mu masoko atandukanye mu Karere ka Rubavu barataka igihombo

Gicumbi: Ivuriro ryakoreraga mu biro by’Akagari ryabonye ahandi rizajya rikorera

*Bavuga ko bakeneye amashanyarazi Abaturage bo mu Kagari ka Nkoto mu Murenge

Igice kinini cya DownTown cyafunzwe iminsi 7 nyirayo acibwa Frw 600.000

Akarere ka Nyarugenge kafunze imiryango 22 y'inzu y'ubucuruzi iri ahazwi nka Downtown

Kimironko: Umucuruzi umwe muri benshi bapimye ni we basanze yaranduye COVID-19 

Umucuruzi  umwe ni we wasanzwemo  icyorezo cya Coronavirus mu bandi bacuruzi basaga

Karongi: Batashye ibikorwa birimo isoko n’Ikigo Nderabuzima cya  Bwishyura

Isoko rya Ndate riherereye mu Murenge wa Gishyita ndetse n’Ikigo Nderabuzima cya

Huye: Abaturage basabwe gusigasira ibikorwa remezo bimaze kubakwa

Ubuyobozi bw'Akarere ka Huye buvuga ko mu rugendo rwo kwibohora, abaturage bagomba

Abacuruza mu isoko rya Kimironko bose basabwe kwipimisha COVID-19 utazabikora ntazinjira

Abakorera ubucuruzi mu isoko rya Kimironko ndetse n'abafite amaguriro hafi y'isoko (supermarket) 

Nyamasheke: Hatashywe umuyoboro w’amashanyarazi ufite uburebure bwa Km 23

Kwibohora ku nshuro ya 27 mu Karere ka Nyamasheke byizihirijwe mu Murenge

Leta yafashe ingamba zo gukurikirana iterambere ry’abatuzwa mu Midugudu – Min Gatabazi

Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Hon Jean Marie Vianney Gatabazi yatangaje ko ubuyobozi bwafashe

COVID-19: Inzu y’ubucuruzi yafunzwe iminsi 7 nyirayo acibwa Frw 300, 000

Akarere ka Nyarugenge kafunze inyubako y'ubucuruzi  ya CITIZEN CONNER iri ahazwi nko