Ubukungu

Huye: Abatuye mu bice by’Amayaga bakuwe mu bwigunge nyuma yo guhabwa amashanyarazi

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Gafumba na Kimuna mu Murenge

 Min Gatabazi  yasabye abahawe inzu kudasubira nyuma ngo basabe Leta kuzibasanira

Kicukiro : Kuri iki Cyumweru mu Mudugudu wa Cyankongi, mu Murenge wa 

Nyagatare: Abagore bo mu cyaro baracyagorwa no kubona igishoro

Abagore bo mu Karere ka Nyagatare bavuga ko n’ubwo umugore wo mu

Nyagatare/Karangazi: Urubyiruko rw’abakobwa bakora ubucuruzi buto barifuza inguzanyo y’Ikigega Nzahurabukungu

Bamwe mu rubyiruko rw'abakobwa bo mu Murenge wa Karangazi bakora ubudozi n'ubucuruzi

Rwanda: Kudohoka ingamba zo kwirinda COVID-19 byateje Sulfo gufungwa igihe gito

Uruganda rwa Sulfo rusanzwe rutunganya ibikoresho bitandukanye by'isuku ruherereye  mu Karere ka

U Rwanda n’Ububiligi mu biganiro bigamije gutahura inyandiko zikiri muri icyo gihugu

Inteko y'Umuco yatangaje ko u Rwanda n'Ububiligi biri mu biganiro bigamije kurebera

Nyagatare: Abagore bakora ubuhinzi barifuza gukorana n’Ikigega Nzahurabukungu

Abagore bakora ubuhinzi mu Karere ka Nyagatare bavuga ko Leta y'u Rwanda

Gicumbi: Hagiye guterwa ingemwe 600, 000 z’icyayi kigabanya imyuka ihumanya ikirere

Mu Karere ka Gicumbi umushingwa wa Green Gicumbi watangije ubuhinzi bw’Icyayi kigabanya

Inyandiko ni ikigega n’umurage, ibyo wamenya ku Ishyinguranyandiko y’Igihugu

Inteko y’Umuco yavuze ko  ibigo bifite uruhare rukomeye mu kubungabunga inyandiko zibitse

Nyagatare/Rwimiyaga: Barasaba ko Ikigega cyo kuzahura ubukungu cyagera ku bagore bo mu cyaro

Ubushakashatsi butandukanye bukorwa mu Gihugu bugaragaza ko abacuruzi b’abagore bagira uruhare rukomeye

Rusizi: Abanyeshuri bakoze moto ikoreshwa n’amazi avanze n’umunyu

*Moto yabo ngo yagabanyamo kabiri igiciro cy'urugendo Abanyeshuri bo ku ishuri ry’Urwunge

Umushinga wa Green Gicumbi uratanga icyizere ku mibereho y’abaturage

Mu karere ka Gicumbi mu Murenge wa Byumba, abaturage bafashijwe gusazura amashyamba

Rusizi: Abacuruzi 150 bajyiye gukorera muri  DR. Congo, Akarere gashinjwa kubigiramo uruhare

Abacuruzi banyuranye bakorera ku mupaka wa Rusizi I,  bavuze ko Akarere kabashyizeho

Nyagatare: Abagore bakora ubucuruzi ntibasobanukiwe iby’ikigega kizahura abagizweho ingaruka na Covid-19

Abagore bakora ubucuruzi butandukanye mu Karere ka Nyagatare bavuga ko batarasobanukirwa byimbitse

Za mubazi zo kuri moto zagiye he? Ubujura na internet nke biri mu byazikomye mu nkokora

Impuzamashyirahamwe y’abamotari mu Rwanda, Ferwacotamo yatangaje ko ubujura ndetse n’ikibazo cya internet