U Rwanda mu bihugu biri mu nzira yo guhashya inzara
Mu cyegeranyo cyashyizwe ahagaragara na GHI (Global Hunger Index) cyo muri uyu…
Abanyunyuza amakoperative bavugutiwe umuti
Ni kenshi mu makoperative akora ibikorwa by'iterambere bitandukanye hagiye hakunda kumvikana ibibazo…
Ibigo birenga 300 bihatanye muri Karisimbi Service Excellence Award 2024
Sosiyete ya Karisimbi Events igiye gutanga ku nshuro ya munani ibihembo bishimira…
Ruhango: Umuntu ku giti cye yatangiye kubaka umuhanda wa Kaburimbo
Umuyobozi Mukuru w'Ishuri ry'imyuga (Lycée de Ruhango Ikirezi) Rwemayire Rekeraho Pierre Claver…
Aborozi barasaba ko hashyirwaho ‘Amaduka’ y’ubwatsi bw’amatungo
Aborozi bo mu Ntara y'Iburasirazuba barasaba ko hashyirwaho amaduka yihariye acuruza ubwatsi…
Umushinga RDDP II witezweho gukungahaza aborozi b’i Nyagatare
Umushinga wa RDDP II ugiye gufasha aborozi bo mu Karere ka Nyagatare…
Amajyepfo: Abahinzi bagiriwe inama yo kwihutisha gutera imyaka
Guverineri w'Intara y'Amajyepfo Kayitesi Alice yahaye abahinzi icyumweru kimwe kugira ngo babe…
Abanyamakuru bahanzwe amaso mu iterambere ry’ubuhinzi
Abanyamakuru bibukijwe ko bahanzwe amaso mu kumenyesha abaturage ubuhinzi bugezweho no guca…
Ababagira ingurube ahatemewe bihanangirijwe
Bamwe mu binjiye mu mwuga wo gutunganya inyama z'ingurube n'ibizikomokaho bo mu…
Ubuzima bwa Musabeyezu ukora ububumbyi mu gihe hari ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe
Imihindagurikire y’ibihe (Climate Change/Changement Climatique) ni kimwe mu bibazo bihangayikishije Isi muri…
Intara yiyemeje kuba ikiraro gihuza umugore wahanze udushya n’abanyemari
Ubuyobozi bw'Intara y'Amajyepfo buvuga ko bugiye guhuza umugore wahanze ibikoresho by'isuku n'ibigo…
Umusaruro w’amabuye y’agaciro u Rwanda rwohereza mu mahanga waragabanutse
Umusaruro w'amabuye y'agaciro u Rwanda rwohereza mu mahanga wagabanutseho 2% mu gihembwe…
RwandAir yahagaritse ingendo zijya muri Afurika y’Epfo
Sosiyete Nyarwanda y'Ubwikorezi bwo mu Kirere, RwandAir, yatangaje ko igiye guhagarika ingendo…
Ruhango: Abikorera basabwe ubumwe mu kwihutisha iterambere
Abikorera bo mu Mujyi wa Ruhango, no mu nkengero zaho, babwiwe ko…
U Rwanda ruzakira inama rusange y’Umuryango Mpuzamahanga w’Ubuziranenge
Ikigo cy'Igihugu Gitsura Ubuziranenge (RSB) cyatangaje ko u Rwanda rwahawe kwakira inama…