Ubutabera

Musonera yemeye ko yatunze imbunda Ijoro rimwe

Mu iburanisha yagaragaje imvugo ipfobya Ahakana ibyaha byose aregwa  Musonera Germain ,yatangiye

Umugabo ukekwaho guha akazi umuntu agapfira mu musarane yishyikirije  RIB

 Umugabo wo mu karere ka Nyanza ukekwaho gutanga akazi ngo bamukurire telefoni

Musonera wari ugiye kuba Umudepite agiye  gutangira kuburana  

Musonera Germain (Jerimani), wari igiye kuba Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko, agiye

Ruhango: Umusore wazize igikoma yashyinguwe saa saba z’ijoro

Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Nyacyonga, Akagari ka Kebero, Umurenge

Rusizi: Ba Gitifu batangiye guhugurwa kuri gahunda y’Ubuhuza 

Abanyamabanga Nshingwabikorwa b'Imirenge igize Akarere ka Rusizi batangiye kwigishwa Politiki y’uburyo bwo

Karasira Aimable yanze gusinya impapuro z’urukiko, asaba amafaranga yo guha abunganizi

Urukiko rwanze ubusabe bwa Aimable Karasira Uzaramba wasabaga ko hakorwa mu mafaranga

Nyanza: Umusore akurikiranyweho  gukomeretsa mugenzi we bapfa Indaya

Umusore wo mu karere ka Nyanza yatawe muri yombi akekwaho gukubita no

Ubujura, gukubita no gukomeretsa ni byo bimariye abantu muri Gereza

Urwego rw’Ubucamanza rw’u Rwanda rwatangaje ko ibyaha birimo  Ubujura, gukubita no gukomeretsa

Umwana wabaga mu rugo rw’umuyobozi w’ibitaro bya Gakoma YARISHWE  

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, yemeje umwana witwa Ganza Layan wabaga mu rugo

Nyanza: Umugore akurikiranyweho kwihekura

Mu karere ka Nyanza hari umugore wari usanganywe  abandi bana akurikiranweho gukuramo

Dosiye ya Musonera wari ugiye kuba Umudepite yageze mu bushinjacyaha

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko dosiye ya Musonera Germain (Jerimani), wari

Musonera wari ugiye kuba Umudepite yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko rwafunze Musonera Germain (Jerimani), wari igiye

Uko Musonera yakuwe ku rutonde rw’Abadepite ba FPR-Inkotanyi

Muhanga: Musonera Germain wari wiyamamaje kuba Umudepite ku rutonde rwatanzwe na FPR-INKOTANYI, habura

Umuyobozi w’ibitaro arakekwaho kwica umwana w’imyaka 8

Dr Pascal Ngiruwonsanga, Umuyobozi w'ibitaro bya Gakoma byo mu Karere ka Gisagara

Muhanga: Umugabo akurikiranyweho gusambanya umukobwa we

Umugabo w'Imyaka 44 y'amavuko bikekwa ko yasambanyaga Umukobwa we ufite ubumuga bwo