Browsing category

Ubuzima

Abagana gare ya Nyabugogo bashyiriweho Poste de santé

Abagana gare Mpuzamahanga ya Nyabugogo ivuga ko bashyiriweho ivuriro ry’Ibanze mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abayigana. Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali  buvuga ko nyuma yo gusanga hari abajyaga bahura n’ibibazo by’ubuzima bakabura ubutabazi bw’ibanze , bwashyizeho iri vuriro mu rwego rwo kugoboka ubuzima bw’abagana iyi gare. Iri vuriro  rizajya ritanga serivisi zitandukanye zirimo gusuzuma indwara ,kuvura […]

Hatangijwe uburyo buzafasha abarwayi gutanga amakuru bisanzuye

Mu gihe hari abarwayi ba zimwe mu ndwara bavuga ko amakuru y’uburwayi bwabo ajya hanze, ubu hatangijwe uburyo buzatuma ayo makuru azajya aguma hagati yabo na muganga, hagamijwe kurushaho kubungabunga ibanga ry’amakuru yabo no kubahiriza uburenganzira bwabo ku buzima bwite. Ni sisitemu yitwa iCLM, yatangijwe n’Impuzamiryango itari iya Leta irwanya virusi itera SIDA, ikanaharanira guteza […]

Sobanukirwa ububi bw’itabi n’uko warizinukwa

Itabi ririmo nikotine, bumwe mu burozi bwangiza umubiri kurusha ubundi, bushobora gutuma umuntu ashabuka, ariko nanone bukaba bwamutera kujunjama n’urupfu. Kunywa itabi bituma ubwo burozi bugera mu bwonko vuba kandi bugatembera mu maraso mu buryo bwihuse. Umuntu unywa ipaki y’itabi ku munsi aba anyoye uburozi bukubye incuro 200 ubwo anyoye mu gihe aritumuye incuro imwe. […]

Rwanda: Abaganga babaga bari munsi y’inshuro icumi z’abakenewe

Abakora mu rwego rw’ubuvuzi mu Rwanda bagaragaza ko ubu abaganga babaga bakiri bake ku buryo bari munsi y’inshuro icumi z’abakenewe ngo buri murwayi ukeneye kuvurwa abazwe agerweho n’ubwo buvuzi. Byagaragarijwe mu kiganiro cyagarutse ku myiteguro y’u Rwanda ku kwakira inama nyafurika y’abaganga babaga izabera i Kigali. Ni inama yiswe Panafrican Surgical Conference, izaba hagati y’itariki […]

Muri 2027 kanseri y’inkondo y’umura izaba yaracitse mu Rwanda

Tariki ya 1 Gashyantare 2025, Guverinoma y’u Rwanda yatangije ku mugaragaro ingamba zigamije kurandura kanseri y’inkondo y’umura bitarenze umwaka wa 2027. Izi ngamba zagaragajwe ku munsi wa kabiri w’igikorwa cyo gutangaza gahunda y’imyaka 5 yo guteza imbere urwego rw’ubuzima (HSSP V) ndetse na gahunda y’Igihugu yo kurandura kanseri y’inkondo y’umura bitarenze 2027. U Rwanda ruvuga […]

Rwanda: Ababyeyi 95% babyarira kwa muganga

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yagaragaje ko mu myaka itanu ishije, isize 95% by’ababyeyi babyarira kwa muganga, impfu z’abana bapfa bavuka zagabanutse kugeza ku kigero cya 50% naho 96% by’abantu bafite ubwandu bw’agakoko gatera Virusi itera SIDA bazi uko bahagaze. Byagaragajwe kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 31 Mutarama, ubwo Minisiteri y’ubuzima yamurikaga ibyagezweho mu rwego […]

Abarwaye indwara y’ibibembe basabwe kutayitiranya n’amarozi

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima mu Rwanda (RBC) cyasabye abagaragaza ibimenyetso by’indwara y’ibibembe kutiheza ngo batinde kujya kwivuza bayitiranya n’amarozi, kuko gufata ingamba hakiri kare bifasha gukumira ikwirakwira ry’iyo ndwara no kugabanya ingaruka zayo. Mu Rwanda hari bamwe mu bantu bandurwa zimwe mu ndwara zititabwaho uko bikwiye, izizwi nka ‘Neglected Tropical Diseases’ (NTDs), zishobora kugira ingaruka zikomeye […]

Rubavu: Gukoresha ifumbire iva mu musarani byabahozaga kwa muganga

Mu Murenge wa Mudende, ho mu Karere ka Rubavu, mu minsi ishize umusarani wari imari ishyushye, ku buryo uwari ufite uwuzuye yabaga yizeye kubona agafaranga gatubutse, kubera ko imyanda yabaga muri wo yakoreshwaga mu gufumbira ibihingwa. Abahinzi  cyane cyane b’ibirayi baguraga umusarani bagakuramo imyanda bakajya kuyifumbiza dore ko ngo ikirayi cyeze kuri iyo fumbire kiba […]

Gakenke: Barishimira Ikigo Nderabuzima kigezweho bahawe

Abaturage bo mu Karere ka Gakenke, mu Murenge wa Janja, bari mu byishimo bidasanzwe nyuma y’uko bubakiwe Ikigo Nderabuzima kigezweho cya Rutake, aho batangiye guhabwa serivisi z’ubuzima bajyaga babona biyushye akuya. Byagaragajwe ubwo basurwaga na Ambasaderi w’u Budage mu Rwanda, Heike Uta Dettmann, ari kumwe na Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, Antoine Anfré, ndetse n’Intumwa […]

Réseau des femmes yishimiye impinduka ku gukuramo inda kwemewe mu Rwanda

Réseau des Femmes Oeuvrant pour le Développement Rural, iratangaza ko yishimiye impinduka zakozwe mu Iteka rya Minisitiri ryo ku wa 29/11/2024 rigena ibisabwa kugira ngo muganga akuriremo umuntu inda. Kugeza ubu, abifuzaga serivisi yo gukurirwamo inda bakagorwa no kuyihabwa, boroherejwe, kuko igiye kujya itangirwa no ku bigo nderabuzima. Minisiteri y’Ubuzima iherutse kwemerera Ivuriro ryigenga (Clinic) […]