Abakozi ba ambasade ya Amerika mu Rwanda basabwe gukorera mu rugo
Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda, yasabye abakozi bayo…
Ababyeyi ntibakozwa guherekeza abangavu gukuramo inda kwemewe
GASABO: Ababyeyi barasabwa gutinyuka bakaganiriza abangavu ku ngamba bagomba gufata kugira ngo…
Abantu 6 bamaze kwicwa n’indwara ya Marburg mu Rwanda
Minisiteri y'Ubuzima, MINISANTE, yatangaje ko kugeza ubu abantu batandatu ari bo bimaze…
Indwara ya Marburg iteye nka Ebola yageze mu Rwanda
Minisiteri y’Ubuzima, MINISANTE yemeje ko mu Rwanda habonetse abarwayi bafite ibimenyetso by'indwara…
Hagaragajwe icyafasha abantu bazahajwe n’ibiyobyabwenge
Inzobere mu buzima bwo mu mutwe n'indwara zo mu mutwe zaragaraje ko…
Nyamasheke: Hari kubakwa ‘Poste de Sante’ izatwara Miliyoni zisaga 100 Frw
Abaturage bo mu kagari ka Karusimbi,Umurenge wa Bushenge mu karere ka Nyamasheke…
Muhanga: Umubyeyi arasabwa miliyoni 17frw ngo avuze umwana we
Umubyeyi wa Mugisha Bruno wavukanye indwara ikomeye arasaba ubufasha bwa miliyoni 17…
Rusizi: Basabwe kudaheza Urubyiruko rufite ubumuga ku buzima bw’imyororokere
Ihuriro ry'imiryango y'abantu bafite ubumuga mu Rwanda NUDOR ryibukije baturage ko buri…
Mu Rwanda batangiye gutanga urukingo rwa Mpox
Mu Rwanda hatangiye gutangwa urukingo rw'icyorezo cya Mpox, gikomeje guhangayikisha Isi by'umwihariko…
Wamenya gute ko ufite ibibazo byo mu mutwe ? Ikiganiro na Dr Iyamuremye wa RBC
Inzobere mu buzima bwo mu mutwe zigira inama abantu kwisuzumisha kenshi no…
Nyamagabe: Gahunda ya ‘Mbikore nanjye biroroshye’ izatuma ntawurembera mu rugo
Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyamagabe buvuga ko gahunda ya Mbikore nanjye biroroshye bamaze…
Ibigo nderabuzima birasabwa kudasiragiza abafite ubumuga bw’uruhu
Umuryango w’abafite ubumuga bw’uruhu mu Rwanda, OIPPA, wongeye gutabaza usaba ko ibigo…
Rwanda: Abakora uburaya nibo bibasiwe n’Ubushita bw’Inkende
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ibyiciro byibasiwe cyane n’indwara y’Ubushita bw’inkende ari abakora…
Kigali: Amabwiriza yo gukaraba intoki yagarutse
Umujyi wa Kigali wibukije abantu bose bafite cyangwa bashinzwe inyubako zihuriramo abantu…
Abantu bane nibo bamaze kwandura ‘Mpox’ mu Rwanda
Mu butumwa bwo kuri ku rubuga nkoranyambaga rwa X, Minisiteri y'ubuzima mu…
OMS yemeje ubushita bw’Inkende nk’indwara ihangayikishije Isi
Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy'ubushita bw'inkende…
U Rwanda rwahawe ibikoresho bigezweho mu buvuzi bw’umutima
Leta y'u Rwanda yahawe ibikoresho bigezweho mu buvuzi bw'umutima bifite agaciro ka…
Abakorerabushake ba Croix Rouge bahawe ubumenyi ku gukumira “Mpox”
Abakorerabushake 40 ba Croix Rouge y’u Rwanda, baturutse mu turere turimo uduhana…
Abanyarwanda basabwe kudakurwa umutima n’icyorezo cya Mpox
Inzego zishinzwe ubuzima zasabye abanyarwanda kudakuka umutima, kuko u Rwanda rwashyizeho uburyo…
RDC: Abantu barenga 600 bamaze kwicwa n’ubushita bw’inkende
Ishyirahamwe ry’abaganga batagira umupaka (MSF), ryatangaje ko umubare w’abarwayi b’ubushita bw’inkende muri…
Umubyeyi wa mbere yabyariye mu ivuriro IGIHOZO MEDICAL CLINIC
Mu ivuriro IGIHOZO MEDICAL CLINIC riri mu murenge wa Busasamana mu karere…
Kenya: Umuntu wa mbere yanduye ubushita bw’Inkende buzwi nka Monkeypox
Kenya yatangaje ko muri iki gihugu umuntu wa mbere wanduye indwara y'ubushita…
Abaturiye umupaka wa Congo bavuga ko nta makuru bafite kuri Monkeypox
Rubavu: Bamwe mu baturage baturiye umupaka muto uhuza u Rwanda na Repubulika…
Ubushita bw’Inkende buzwi nka Monkeypox bwageze mu Rwanda
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko indwara y’Ubushita bw’Inkende izwi nka…
Amezi arihiritse abavuzi gakondo bari mu gihirahiro
Amezi arindwi arihiritse abavuzi gakondo barababuze ubakemurira ibibazo bibugarije, ibi byatumye bugarizwa…
Musanze: Harashimwa uruhare rw’Abajyanama b’Ubuzima mu buvuzi
Abajyanama b’ubuzima bo mu Karere ka Musanze, barashimirwa umusanzu wabo mu kwita…
Gasabo: Amatsinda yahaye icyanga cy’Ubuzima abafite Virusi itera SIDA
Bamwe mu bafite ubwandu bwa Virusi itera SIDA bo mu Murenge wa…
Ab’igitsina gore bakanguriwe gutinyuka kwinjira mu buvuzi bwo kubaga
Ni ibyagarutsweho mu nama nyunguranabitekerezo yabaye ku ya 21, Kamena 2024, igahuriza…
Abanyarwanda barakangurirwa kwivuza indwara ya “Psoriasis”
Ishyirahamwe ry'Abantu barwaye indwara y'uruhu ya Psoriasis mu Rwanda, RPAO, ryatangiye ubukangurambaga…
Ababyeyi barasabwa gusenyera umugozi umwe mu kwita ku mikurire y’umwana
Minisitiri w'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango, Dr Uwamariya Valentine yasabye ababyeyi gufatana urunana mu…